Ibintu 8 byagufasha kuba umuherwe ukoresheje umushahara uhembwa – Warren Buffet – Part I
•
Warren Buffet ni umuherwe w’umunyamerika ufite imyaka 94 kuko yavutse mu mwaka w’1930. Buffet abarirwa umutungo ungana na miliyari 154 z’amadorari ya Amerika bimushyiraku mwanya wa gatanu ku rutonde rw’abantu bakize kurusha abandi ku isi. Nubwo uyu mukambwe akize kugeza aha ariko arakibera mu nzu yaguze mu myaka ya za 50 ku bihumbi 31…
Biratangaje: Umubyeyi ari mu byishimo bikomeye byo kubyara umwana w’umukobwa nyuma y’uko atewemo nyababyeyi y’umuvandimwe we
•
Mu Bwongereza, habayeho ibyiswe igitangaza aho Umwana wa mbere yavutse ku mugore wahawe nyababyeyi y’umuvandimwe ndetse uwo mwana yiswe Amy, izina ry’uwo muvandimwe wahaye wa nyina nyababyeyi. Grace Davidson, w’imyaka 36, yavukanye indwara idasanzwe yitwa MRKH ituma umugore atagira nyababyeyi, gusa aba afite amagi (ovaries) akora neza. Mu mwaka wa 2023, umuvandimwe we witwa…
Bwa mbere M23 na Leta ya Congo bahuriye mu biganiro
•
Umutwe wa M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu cyumweru gishize bahuriye i Doha muri Qatar, iba inshuro ya mbere impande zombi zari zicaranye kuva intambara zihanganyemo yongeye kubura. Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza bivuga ko ibiganiro bya Kinshasa na M23 bigomba gukomeza mu cyumweru gitaha, na bwo bikazabera i Doha. Ni…
Ambasaderi wa Israel yasohowe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
•
Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia Avraham Neguise yasohowe mu muhango wa kwibuka ku ncuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye ku kicaro gikuru cy’umuryango w’Ubumwe bwa Afurika giherereye muri Ethiopia. Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika ukomoka muri Djibuti, H.E. Mahmoud Youssouf , ni we wasohoye uyu mudipolomate. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel…
Ububirigi bwashatse kwikura mu isoni buvuga impamvu bwatereranye Abatutsi mu gihe cya Jenoside
•
Leta y’u Bubiligi yagerageje kwikura mu isoni ku mpamvu yatereranye Abatutsi ubwo bakorerwaga Jenoside kuva muri Mata kugeza muri Nyakanga 1994. Alain Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango MSF w’abaganga batagira umupaka, aherutse gusobanura ko igihugu cyabo cyari kizi ko Jenoside yategurwaga ariko nticyabimenyesha umuryango mpuzamahanga. Uyu munyapolitiki yagaragaje kandi ko Leta…
Perezida Kagame yavuze ikimuhangayikisha kurusha ibihano amahanga akangisha gufatira u Rwanda
•
Taliki ya 7 Mata 2025 nk’uko bisanzwe wari umunsi wo gutangira icyumweru cy’icyunamo n’ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Perezida Kagame akaba yagarutse ku bihugu bikomeye bimaze iminsi bikangisha u Rwanda kurufatira ibihano. Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda n’Abanyafurika bakwiye kugira imyumvire yo guhora baharanira uburenganzira bwo kubaho…