Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ – Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
•
Perezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’ Yabitangarije mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 byatangiriye ku…
Gicumbi: Umukobwa yitwikiriye ijoro yiba inka ajya kuyikwa umusore bateganya kubana
•
Mu murenge wa Muko, Akarere ka Gicumbi, habaye igikorwa cy’agashya nyuma y’uko umukobwa witwa Mukanyonga Laurence yibye inka ababyeyi be, akazijyana ku rwihisho mu ijoro, aho yasanganirwa n’abari ku irondo ayishyiriye umusore bakundana, Sekamana, uzwi ku izina rya Gafotozi. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu, ahagana saa munani z’igicuku, ubwo irondo…
Bugesera: Harashakishwa abishe uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
•
Mu ijoro rya tariki 04 Mata 2025, mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, hiciwe umubyeyi warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, atewe ibyuma n’ibindi bikoresho gakondo, iperereza rikaba rikomeje ngo abo bagizi ba nabi bafatwe. Kigali Today ivuga ko yamenye amakuru avuga ko uwishwe yitwa Chantal Muhongerwa wavutse…
Waruzi ko ibirungo witera bishobora guteza ingaruka zikomeye ku buzima bwawe? Dore ibyo ugomba kwitondera
•
Mu buzima bwa buri munsi, ibikoresho byo kwisiga byibanda ku birungo by’ubwiza bisigwa ku minwa, puderi, mascara na foundation ni ingenzi, ariko hari impungenge ku ngaruka bishobora guteza ku buzima, cyane iyo byarenze igihe cyabyo cyo gukoreshwa. Nk’uko BBC ibigaragaza Dr. Maria Pilar Botey-Salo, umwarimu mu ishami rya Human science muri Kaminuza ya London…
Amaraso y’Abanya-Afurika yabaye imali ikomeye mu buvuzi bugezweho no guhanga imiti
•
Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko isi yose igomba gushyira imbaraga nyinshi mu bushakashatsi bw’amaraso y’Abanyafurika, bavuga ko bafite imiterere y’amaraso y’ingenzi mu guhanga imiti no kugabanya indwara zitandukanye. Nk’uko tubikesha rfi mu nama ya Human Genome Organisation (HUGO) yabereye mu kwezi gushize i Durban muri Afurika y’Epfo, abahanga mu by’ubuzima batangaje ko gukusanya amakuru…