Latest post

RIB yataye muri yombi Turahirwa Moses wa Moshions

Share this:

Umuyobozi w’Inzu y’Imideli ya Moshions, Turahirwa Moses, yongeye gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge, icyaha asanzwe yarigeze gukurikiranywaho mu mwaka wa 2023. Nk’uko byemejwe na Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, mu kiganiro kigufi yahaye…

Share this:
Posted on

M23 yahaye isomo rikomeye Perezida Tshisekedi nyuma y’amasaha macye ibiganiro bya Doha bikubise igihwereye

Share this:

Ihuriro riharanira impinduka rya AFC/M23 ryigaruriye ku nshuro ya kabiri agace ka Walikale nyuma yo kwitandukanya n’amasezerano ya Doha, nyuma y’igihe gito ryari ryiyemeje gukura abasirikare baryo mu bice bimwe na bimwe birimo n’uyu mujyi.   Ibi byabaye nyuma y’uko Leta…

Share this:
Posted on

Barashaka kwisubiza Goma? Abasirikare ba SADC bagombaga gusubira iwabo banyuze i Kigali ntabwo bagitashye uyu munsi kubera impamvu yavugishije benshi

Share this:

Ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), zari zitegerejweho gusubira mu bihugu byazo binyuze i Kigali nkuko amakuru aturuka ku mirongo y’imbere abyemeza, gusa zamaze gutungura benshi ubwo zititaye ku itariki yari yemeranyijweho,…

Share this:
Posted on

Igits1ina cy’umugabo ni Antene y’umutima we. Wari uzi ko kubura ubushake bw’akabariro bifite aho bihuriye n’indwara y’umutima – UBUSHAKASHATSI

Share this:

Umuholandi w’impuguke mu buvuzi bw’umutima, Dr. Janneke Wittekoek, yagaragaje ko hari ibimenyetso byo kurwara umutima abagabo bagira ariko ntibabyiteho, birimo n’ubushake buke bwo gutera akabariro. Yavuze ko icyo kimenyetso gishobora kugaragara mbere y’imyaka itatu ngo umugabo arware umutima. Impamvu itera…

Share this:
Posted on

FARDC n’abo bafatanyije bagabye igitero gikomeye kuri AFC/M23 cyasize isomo rikomeye

Share this:

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, ahagana saa mbili, hatangiye imirwano ikaze hagati y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo M23 na Twirwaneho, mu…

Share this:
Posted on

Umunyarwanda Cardinal Antoine Kambanda ashobora kuba Papa wa mbere w’umwirabura

Share this:

Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 21 Mata 2025, isi yose yatunguwe n’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Nyirubutungane Papa Francis, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wapfuye afite imyaka 88 y’amavuko.   Inkuru yatangajwe na Vatican yahise ikwirakwira ku…

Share this:
Posted on

Ingabo za SADC byari byitezwe ko zigomba gutaha zinyuze mu Rwanda zongeye kugoterwa mu bigo byazo n’ingabo za AFC/M23 nyuma y’ikosa rikomeye zakoze

Share this:

Mu masaha ya nyuma yo ku wa 11 Mata 2025, igice cy’ingabo za SADC (Southern African Development Community) zari zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyari mu nzira yo gusubira iwabo.   Nyamara ibintu byafashe indi…

Share this:
Posted on

Urupfu rwa Nadine Bukuru wishwe abanje gufungwa nyuma yo kubyara umwana utagejeje igihe rwashenguye imitima ya benshi

Share this:

Umujyi wa Gitega wakanguwe n’inkuru ibabaje y’umugore witwa Nadine Bukuru, uherutse kubyara inda itagejeje igihe ku bitaro bikuru bya Gitega, akaba yaraburiwe irengero nyuma yo kubyara, hanyuma umurambo we uza gusangwa mu mugezi wa Ruvyironza, mu murenge wa Giheta mu…

Share this:
Posted on

Coatch Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki. Kuki abagerageje gushora mu muziki nyarwanda bose bababwa?

Share this:

Nyuma y’imyaka itarenga itanu ari mu muziki, Coach Gael yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko agiye guhagarika gushyira amafaranga ye mu bikorwa bifasha abandi ariko ntibimwungukire. Uyu mugabo yabitangarije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, yerekana ko yicuza cyane kuba yaragiye yitanga afasha…

Share this:
Posted on

Amerika iravugwa mu rupfu Papa Francis. Urupfu rudasobanutse kandi rutunguranye rukomeje kuvugisha benshi

Share this:

Ku wa 20 Mata 2025, isi yakangutse igwa mu kantu: Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yari amaze kwitaba Imana afite imyaka 88.   Ibi byabaye hashize iminsi mike asohowe mu bitaro aho yari amazemo ibyumweru bitanu yivuriza…

Share this:
Posted on