Ibibazo 9 ukwiye kubaza umukunzi wawe mbere yo gufata umwanzuro wo gushyingiranwa na we
•
Abantu benshi usanga bakundana urukundo rukaryoha kugera ubwo bafata umwanzuro wo kubana ariko nyamara bataziranye bitewe nuko hari ibibazo batagiye babazanya ngo barusheho kumenyana bikaba biri no mu bishobora gutuma hari abagera mu rugo bakabaho batishimye cyangwa se bakanatandukana. Bimwe mu bibazo ukwiye kubaza umukunzi wawe mbere y’uko mubana kugira ngo murusheho kubana muziranye…
Joe Biden arashinjwa kugira uruhare mu ntsinzwi y’Abademokarate bari barangajwe imbere na Kamala Harris
•
Nancy Pelosi wahoze ari umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko y’Amerika, wo mu ishyaka ry’abademokarate, yavuze ko abademokarate bari kuba baritwaye neza mu matora yo ku wa kabiri iyo Perezida Joe Biden aza kuba yararetse kwiyamamaza hakiri kare cyane. Pelosi – umwe mu banyapolitike bakomeye cyane muri Amerika – yabwiye ikinyamakuru the New York…
Uganda: Umunyarwandakazi Gloria Bugie yatawe muri yombi azira amashusho y’urukozasoni
•
Polisi ya Uganda yafunze Umunyarwandakazi Gloria Busingye wamamaye nka Gloria Bugie ukorera umuziki muri iki gihugu; biturutse ku mashusho ye aheruka kujya hanze, ariko ahita arekurwa atanze ingwate. Polisi y’iki gihugu yafunze uyu mukobwa ku wa Kabiri tariki 5 Ugushyingo, aza gufungurwa ku wa Gatatu nyuma yo gutanga ingwate. Umuvugizi wa Polisi ya Kampala,…
Miss Muheto yakatiwe
•
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Miss Nshuti Muheto Divine wabaye nyampinga w’u Rwanda mu 2022, ahamwa n’ibyaha byo gutwara ikinyabiziga wanyoye ibisindisha no gutwara ikinyabiziga utabifitiye uruhushya, rumuhanisha igihano cy’igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Urukiko kandi rwategetse ko Miss Nshuti Muheto Divine atahamwa n’icyaha cyo guhunga nyuma yo gukora impanuka…
Imigi 12 ishaje kurusha iyindi yose ku isi
•
Umujyi wa Al Fayoum wo mu Misiri niwo mujyi umwe rukumbi uri ku rutonde rw’imijyi 10 ikuze kurusha iyindi ku Isi aho yiganjemo iyo mu bihugu by’u Burayi na Aziya. Isi imaze imyaka irenga Miliyari 4, aha ni ibintu byumvikana ko kuva ku gisokuruza cya 1 kugeza ubu habayemo impinduka nyinshi cyane. Ku Isi…
Ibyo Kevin Kade yaganiriye n’ibyamamare byo muri Uganda birimo Weasel
•
Umuhanzi Ngabo Richard wamamaye nka Kevin Kade yakoreye igitaramo cye cya mbere mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, cyaherekejwe n’ibiganiro yagiranye na mugenzi we Douglas Mayanja [Weasel] wamamamye mu itsinda rya Goodlyfe ryagize ibihe byiza kuva mu myaka 15 ishize. Ni igitaramo yakoze mu ijoro ryo ku wa 6 Ugushyingo 2024 rishyira ku wa…