Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Dore imyambaro 5 ukwiye kwambara mu gihe cy’ubukonje bwinshi

    Uko ibihe bihinduka, ni na ko imyambaro abantu bambara ihinduka haba mu bukonje cyangwa mu gihe cy’ubushyuhe (impeshyi). Muri iyi minsi mu Rwanda hari ubukonje n’imvura aho bisaba ko abantu bahindura imyambarire, dore ko imyambaro yo mu mpeshyi itandukanye no mu bukonje. Mu kumenya uko umuntu akwiriye kwambara mu bihe by’ubukonje turi kwinjiramo, zimwe…

  • Abasore: Ntuzigere na rimwe ukora kimwe muri ibi bintu 5 ugamije gushimisha umukobwa ukunda

    Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse kugira ngo arebe kure wajya umwirukaho. Ntuzigere na rimwe usuzugura cyangwa uta umuryango wawe…

  • Dore impamvu 3 ugomba kwirinda gushyira urukundo rwawe ku mbuga nkoranyambaga

    Kuri ubu Isi yabaye umudugudu, ku buryo bidatangaje ko usanga umuntu asangiza abantu bose batuye Isi ubuzima bwe ndetse adasize n’ibyakabaye amabanga ye harimo n’amabanga y’urukundo rwe n’umukunzi we. Ibi bamwe babikora bibwira ko ari bwo buryo bwiza bwo kwereka abakunzi babo uburyo babakunda n’uburyo babazirikana ndetse hakaba n’ababikora kubera ibigare bya bagenzi babo…

  • Ababyeyi bongeye kwemererwa gusura abana ku ishuri nyuma y’ingamba zari zashyizweho zo kwirinda Marburg

    Hashize iminsi minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ishyizeho amabwiriza agenga amashuri arimo ko ababyeyi bagomba guhagarika kujya gusura abana babo mu mashuri, no gusaba ibigo by’amashuri kugira uburyo bwo gupima no gukurikiranira hafi ubuzima bw’abanyeshuri hagamijwe ku barinda. Nyuma y’aho iyi minissiteri itangarije ko icyorezo cya Marburg cyatangiye kugenza make kubera ingamba zihuriyeho zo kugikumira,…

  • Ubwoba bw’intambara ni bwose mu Banyamerika

    Ikusanyabitekerezo ryakozwe n’Ikigo YouGov ryagaragaje ko nibura 27% by’Abanyamerika bafite ubwoba ko intambara ishobora kwaduka nyuma y’amatora azaba mu Ugushyingo uyu mwaka. Ni ikusanyabitekerezo ryakorewe ku bashyigikiye Kamala Harris na Donald Trump bahataniye umwanya wa Perezida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu bantu 1266 babajijwe, nibura 12% bavuze ko bazi neza umuturanyi cyangwa…

  • Abasore: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda gukora ugamije gushimisha umukobwa ukunda

    Burya mu rukundo habamo kwigomwa no kwitangira uwo ukunda ariko hari ibyo umuntu aba adakwiye gukora agamije kunezeza uwo bakundana gusa kuko nyuma birangira ari we bigizeho ingaruka zikomeye. Dore rero bimwe mu byo umusore adakwiriye gukora agamije gushimisha umukobwa bakundana. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane akaba yanakora ibintu…