Ibitavugwa ku idosiye ya The Ben na Baby Emelyne imaze iminsi irikoroza kubera akantu The Ben yakuruye mu ruhame
•
Eric Ndagijimana [X Dealer] yavuze uko abona ubwiyunge bwa Mugisha Benjamin [The Ben] na Karomba Gael [Coach Gael] anagera ku mashusho yaciye ibintu y’uyu muhanzi na Kwizera Emelyne [Baby Emelyne]. Ku wa 15 Kanama ni bwo hagiye hanze amafoto agaragaza The Ben ari kumwe na Coach Gael, ndetse aba bagabo batangaza ko bamaze kwiyunga.…
Tangawizi ifasha abagore bari mu mihango – UBUSHAKASHATSI
•
Ikimera cya Tangawizi gikunze gukoreshwa cyane haba mu kugishyira mu kinyobwa cyangwa mu biribwa. Iki gihingwa gifite akamaro kenshi harimo no kugabanya uburibwe ku mugore uri mu gihe cy’imihango. Ubushakashatsi bwagaragaje ko Tangawizi ifasha kugabanya ububabare ku b’igitsina gore mu gihe bari mu mihango. Ubushakashatsi bwagaraje ko abagore bafashe Milligarama 1500 z’ifu ya Tangawizi…
Kevin Kade yatangiye kurya ku matunda y’indirimbo Sikosa
•
Nyuma yo gushyira hanze indirimbo Sikosa, Kevin Kade yahise yuzuza abantu 100,000 bamukurikira kuri YouTube bimuhesha igihembo cya Silver gitangwa na YouTube. Indirimbo Sikosa yari imaze iminsi itegerejwe na benshi, bashyize irasohoka ndetse na nyiri iyi ndirimbo atangira gusoroma ku matunda yayo mu gihe gito ikimara kujya hanze. Ni indirimbo yashyizwe kuri YouTube kuri…
Rayon Sports yabuze amanota 3 ku munota wa nyuma
•
Ikipe ya Rayon Sports yatengushye abakunzi bayo mu mukino w’umunsi wa kabiri wa Shampiyona inganya n’Amagaju 2-2, nyuma yo kunganya na Marines 0-0 mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino 2024-2025. Imikino y’umunsi wa kabiri wa Shampiyona y’u Rwanda yatangiye uyu munsi, tariki 23 Kanama 2024 aho…
Ingabo za Ukanda zagabye igitero ku birindiro bya Joseph Kony
•
Ingabo za Uganda, (UPDF) zatangaje ko kuri uyu wa Kabiri zagabye ibitero ku birindiro bya Joseph Kony washinze mutwe witwaje intwaro wa LRA urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni. UPDF yatangaje ko ingabo zayo zagabye ibitero ku birindiro bya Kony biherereye mu burasirazuba by’akarere ka Sam Ouandja kari mu majyaruguru ya Repubulika ya…
M23 yafashe agace ka Kikuvo
•
Umutwe wa M23 waraye wigaruriye umujyi muto wa Kikuvo uherereye muri Teritwari ya Lubero ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kikuvo iherereye mu bilometero bibarirwa muri 30 ujya mu burasirazuba bw’umujyi wa Kanyabayonga. M23 yayigaruriye nyuma y’imirwano yayisakiranyije n’imitwe ya Wazalendo ifatanya n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa muri iriya ntambara. Ni imirwano yatangiye…