Perezida Ndayishimiye yahuye n’umwe mu baherwe b’abanyarwanda bitera benshi ikikango
•
Ifoto ya Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ari kumwe n’umunyemari, Majyambere Silas, ikomeje kwibazwaho cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga. Ku wa Mbere tariki ya 19 Kanama ni bwo iyi foto yatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga. Majyambere Silas yari umunyemari mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi, mbere yo guhunga u Rwanda mu 1990 ubwo yari atangiye gushinjwa…
Zari Hassan yahaye gasopo umugabo we Shakib ukomeje gufuhira Diamond Platinumz
•
Umuherwekazi Zari Hassan yongeye kurikoroza nyuma yo guha gasopo umugabo Shakib, amwibutsa ko akwiye kwigirira ikizere no kwirinda kumuhoza ku nkeke bitaba ibyo akazamuta agashaka undi utamuhoza ku nkeke. bibaye nyuma yuko Shakib umugabo we agaragaje uburakari bukabije yatewe nuko Zari yakiriye uwahoze ari umugabo we Diamond Platinumz mu rugo rwabo ruri muri Africa…
RIP Ikoricyiza Eric: Umusore yitabye Imana agerageza kwemeza umukobwa w’imyaka 17 uvuga ko yabuze umugabo wamwemeza
•
Mu gihugu cy’u Burundi inkuru y’akababaro ikomeje gukwirakwira hose nyuma yuko umusore witwa Ikoricyiza Eric apfuye ari gutera akabariro. Uyu Ikoricyiza Eric wari ufite imyaka 23 yapfuye ari kugerageza kwemeza umukobwa w’imyaka 17 witwa Grace uhora avuga ko yabuze umugabo numwe wamwemeza mu bagabo baryamanye. Amakuru Avuga ko ubwo uyu musore yumvaga uyu mukobwa…
Umugabo yishe umuturanyi we wahoraga amubaza impamvu atari yashaka umugore ku myaka 45 yose
•
Umugabo wo muri Indonesia witwa Parlindungan yishe umuturanyi we w’imyaka 60 , wamuhozaga ku nkeke amubaza impamvu atari yashaka umugore ku myaka 45 nk’uko yireguye. Ku myaka 60 , nyakwigendera yahoraga abaza umuturanyi we Parlindungan impamvu agejeje ku myaka 45 atari yazana umugore nyamara akuze bigaragara. Amakuru avuga ko ku wa 29 Nyakanga 2024,…
Shakib Cham yavuze impamvu adashobora kubyarana na Zari Hassan
•
Shakib Cham Luutaya yavuze ko umugore we Zarinah Hassan yamaze kugera mu myaka yo gucura bityo ko batazigera babyarana ngo bagure umuryango wabo. Intonganya za Zari Hassan n’umugabo we Shakib Cham zirakomeje aho kugeza ubu umugabo yavuze ko umugore we yacuze bityo ko badashobora kubyarana. Shakib avuze ibi nyuma y’aho umugore we asuwe na…
Hari ibihugu 2 bya Afurika byahejwe mu muhango w’irahira rya Perezida Kagame
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yemeje ko ibihugu 52 muri 54 bigize umugabane wa Afurika byatumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame. Ku Cyumweru tariki ya 11 Kanama ni bwo Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda nshya y’imyaka itanu iri imbere, mu birori byabereye muri Stade Amahoro i Remera. Ni…