Tanzania: Impanuka ikomeye yahitanye abantu 25
Imodoka eshatu zagonganye mu mpanuka yabaye ku wa Gatandatu yapfiriyemo abantu 25 barimo abanyamahanga b’abakorerabushake bigishaga muri Tanzania. Kuri iki cyumweru tariki ya 25 Gashyantare 2024, Perezida wa Tanzania yatangaje ko impanuka y’imodoka yabereye mu Majyaruguru y’iki gihugu yahitanye abantu…
Dore ibintu 5 umugore abura akaba yaca umugabo we inyuma mu buryo bworoshye
Umugore aho ava akagera mu rugo rwe acyenera ibi bintu 5 by’ingenzi ku mugabo we, igihe atabibona bishobora kugira ingaruka zitari nziza cyane nko guca inyuma uwo bashakanye atari uko amwanze ahubwo agiye gushakira ahandi ibyo yaburiye mu rugo rwe….
Bruce Melody yahishuye ukuntu abahanzi bo muri Nigeria bamugoye
Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi muri muzika nka Bruce Melodie, yatangaje ko abahanzi bo muri Nigeria bamugoye cyane igihe yashakaga ko bakorana indirimbo. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Citizen Fm yo muri Kenya, aho n’ubundi ari kubarizwa mu bikorwa bya muzika…
Ukraine yahishuye umubare w’abasirikare bayo bamaze gupfira mu ntambara irwana n’Uburusiya
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky avuga ko abasirikare 31,000 ba Ukraine bamaze kwicirwa mu gitero gisesuye Uburusiya bwagabye ku gihugu cye. Zelensky yavuze ko atatanga umubare w’abamaze gukomereka kuko ibyo bishobora gufasha igisirikare cy’Uburusiya mu gukora igenamigambi. Ubusanzwe, abategetsi ba…
Umugeni yashyiriye abo kwa Sebukwe Cake agendesha amavi: Video
Umugeni ari guca ibintu nyuma y’amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga,azenguruka apfukamye mu cyumba cyabereyemo ubukwe ashyiriye abo kwa sebukwe umutsima [keke] wo kurya. Muri videwo yafatiwe mu birori by’ubukwe, umugeni agaragara agenda apfukamye muri salle yabereyemo ubukwe bwe,ajyaniye umutsima wo…
Nyabugogo: Umugabo yiyahuriye ku nyubako izwi nk’Inkundamahoro
Umugabo witwa Kayitare Maurice w’imyaka 55 y’amavuko, yiyahuriye mu nyubako izwi nko ku Nkundamahoro iherereye Nyabugogo, akubita umutwe hasi ahita apfa. Umuseke dukesha iyi nkuru uvuga ko ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa 25 Gashyantare 2024 mu Mudugudu wa…
The Ben yatunguranye mu gitaramo cya Rema
Mugisha Benjamin [The Ben] uherutse gutaramira muri Uganda kuri Saint Valentin, yongeye kuhataramira mu gitaramo cya Rema Namakulah bafitanye amateka mu muziki. Mu mpera za 2023 ni bwo Rema Namakulah yatangaje ko azakorera igitaramo Melodie Of Love kuri Hoteli ya…
Hari imbwa nahaye umutima wanjye irawutatamura – Zuchu yarakariye bikomeye Diamond Platinumz
Ku munsi w’ejo, abantu bacitse ururondogoro ubwo Zuchu yatangazaga ko atandukanye na Diamond akamwifuriza guhirwa, yongeye gutangaza amagambo yatumye benshi bacika ururondogoro asa nk’utuka Diamond. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Gashyantare 2024, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, umuhanzikazi…
Amaraso agenda 96Km ku munsi, burya ngo umuntu ntashobora kwitsamura amaso akanuye, ibintu 25 bitangaje ku mubiri w’umuntu
Umubiri w’umuntu uremye mu buryo butangaje ndetse ufite ibintu byinshi byihariye bitangaje benshi baba batazi. Hari ibintu 25 bitangaje kuri bimwe mu bice by’umubiri w’ikiremwa muntu mu ngero fatizo nk’uko byanditswe n’ikinyamakuru cyandika ku buzima Medisite mu nyandiko yacyo’ Amazing…
Akamaro ko kunywa nibura ikirahuri cy’amata ku munsi
Amata ni isoko y’intungamubiri zitandukanye zifasha imikorere y’umubiri ndetse akaba kimwe mu binyobwa bikungahaye kuri Poroteyine. Buri binyobwa bigira intungamubiri zitandukanye ndetse bigafasha mu buryo bunyuranye. Ikinyamakuru Times of India cyatangaje impamvu buri wese akwiriye kunywa amata buri munsi nibura…