Ingabo za SADC zashyize zemera gutaha zinyuze mu Rwanda. Ese ibi bisobanuye iki?
Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeye kuva ku izima zikanyura mu Rwanda mu gihe zizaba zitashye. Amakuru agera kuri IGIHE ni uko izi ngabo zirimo iza Afurika y’Epfo, Tanzania na…
Kanyinya: Habaye impanuka y’imodoka 2 ihitana abantu 2 abandi benshi barakomereka
Abantu babiri bapfuye, abandi barindwi barakomereka mu mpanuka y’imodoka eshatu yabereye mu muhanda uva i Kigali werekeza i Musanze ahazwi nka Kanyinya. Iyi mpanuka yatewe n’imodoka eshatu zagonganye. Imwe yari iya Toyota Hilux (Vigo) yatambutse ku yari iri imbere yayo…
Inkuru ibaye impamo. Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC yasesekaye i Goma nk’uko aherutse kubitangaza. Ese ibi bisobanuye iki ku rugamba M23 irimo kurwana?
Joseph Kabila wahoze ayobora RDC, yageze mu Mujyi wa Goma nyuma y’iminsi mike atangaje ko agiye gutaha anyuze mu Burasirazuba bw’igihugu. Amakuru avuga ko Kabila wari umaze iminsi aba muri Afurika y’Epfo yageze i Goma ku gicamunsi cyo kuri uyu…
Perezida Tshisekedi yasinyanye amasezerano n’abacancuro bashya
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yasinyanye amasezerano akomeye n’umucancuro w’Umunyamerika Erik Dean Prince, ashingiye ku kohereza abacancuro b’inzobere kurinda ibirombe by’amabuye y’agaciro ndetse no kugenzura imisoro yinjira n’isohoka mu gihugu. Amakuru yemejwe n’ibiro ntaramakuru bya…
Bamwe mu barwanyi ba FDLR baravugwa mu bashinzwe umutekano wa Perezida Ndayishimiye. Icyo Amerika ivuga kuri FDLR
Mu gihe ibihugu byinshi bikomeje kuvuga ururimi rumwe ku kibazo cy’umutwe wa FDLR, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko uwo mutwe w’iterabwoba ugomba gusenywa burundu. Ibi byatangajwe mu gihe amakuru akomeje gutangazwa n’abaturage n’abasesenguzi bo mu karere, agaragaza…
Rayon Sports yateguje gusezera mu gikombe cy’Amahoro burundu mu gihe FERWAFA yaba itubahirije ibyo isaba ku mukino na Mukura VS utararangiye
Ikipe ya Rayon Sports yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ibamenyesha ko itazakomeza irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro 2024-2025 mu gihe hatubahirizwa amategeko agenga amarushanwa, cyane cyane ku bijyanye n’imikino y’ijonjora rya ½ yahuje iyi kipe na Mukura Victory Sports FC…
Biravugwa: Mu byo Uwari Meya wa Nyanza, Ntazinda yazize harimo inshoreke
Ntazinda Erasme wari Meya wa Nyanza muri manda ye ya Kabiri yahagaritswe n’inama njyanama y’aka karere ndetse ahita atabwa muri yombi na RIB kuri uyu wa Gatatu taliki ya 16 Mata 2025 aho uhagarariye njyanama yavuze ko mu byo yazize…
Tshiseked na Min. Kayikwamba mu gahinda kubera ibyo u Rwanda rukoze
Nyuma y’uko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Kayikwamba Wagner azengurutse amakipe ya Paris Saint Germain na Bayern ayabuza gukorana n’u Rwanda cyane cyane muri gahunda ya Visit Rwanda, ikipe ya PSG yamaze kongera amasezerano y’iyi gahunda kugeza mu mwaka wa…
Umwuka si mwiza hagati y’ingabo z’u Burundi na Wazalendo
Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntizibanye neza n’imitwe yitwaje intwaro igize ihuriro rya Wazalendo, nyuma y’aho impande zombi zinaniwe kumvikana ku mitegurire y’urugamba rwo kurwanya AFC/M23. Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo n’abasirikare b’u…
Umujyanama wihariye wa Trump uherutse i Kigali yihindutse u Rwanda
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye gushyira u Rwanda mu majwi, zirusaba kuvana ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zivuga ko ruhafite. Amerika yarwikomye biciye mu mujyanama wihariye wa Perezida Donald ku bijyanye na Afurika, Massad Boulos….