Bisi y’ikipe Bizimana Djihad akinamo yatwitswe
Mu mukino wari utegerejwe na benshi hagati y’amakipe abiri akomeye muri Libya , Al-lttihad na Al -Ahly Tripoli ikinamo abanyarwanda Bizimana Djihad na Manzi Thierry wabayemo imvururu zikomeye hagati y’abafana zanavuyemo no gutwikwa kw’imodoka yajemo abakinnyi . Mu mukino wa…