Amahano ajya yumvikana mu bihugu bitandukanye, hari igihe ibintu birenga imitekerereze ya muntu ku biba byarabaye aho umusore wo muri Uganda yari amaze igihe yifuza gusambanya mushiki we yarabuze aho amuhera ahitamo kubanza kumwica agasambanya umurambo.
Uyu musore bivugwa yamaze kwica mushiki we Nakato Elizabeth, yarangiza kumusambanya akamuta mu ruzi kugira ngo bazagire ngo yishwe n’amazi, ariko iperereza ryerekana ko yamwishe akamusambanya agahitamo kumuroha.
Gusa mu makuru aheruka gutangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda, bivugwa ko bari bafitanye amakimbirane yo mu muryango, bapfa amasambu ya hato na hato ashingiye ku kugurisha isambu, ibyatumye umusore arakara akica mushiki we kugira ngo asigarane imitungo.
Amakuru ya Faceofmalawi yatangazaga ko yamwishe amukubise inyundo mu mutwe yarangiza agafata umurambo akawusambanya. Amakuru akomeza avuga ko Polisi yo muri Uganda yataye muri yombi uyu musore ukekwaho kuba yarishe mushiki we nyuma yo gusambanya umurambo we.
•
-
Isambu nziza igurishwa ahantu beza i Gasogi – Kigali Dore Isambu Nini Ahantu heza Hagezweho Igasogi Mu muji Wa Kigari. Isambu Ifite Ubuso 15426 Kandi Iri ahantu Hubatse Amazu […]
-
Inzu nziza cyane zirimo ibikoresho byiza kandi bigezweho zikodeshwa Kimironko Amazu Meza Cyane Akodeshwa Arimo Ibintu Byose Kandi Byiza Bishyashya kandi Bigezweho: . Ibitanda Byiza . Intebe Nzaza . Amashuka […]
-
Basubiranyemo benshi bahasiga ubuzima! Bombori bombori muri FARDC i Kinshasa Umutekano wahungabanye mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi […]
-
Ibyo AFC/M23 yakoreye indege ya FARDC bikomeje kuvugisha benshi Mu gihe intambara hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro mu kurwanya […]
-
Uko wakwigarurira umutima w'umukobwa mu minsi 7 gusa Baravuga ngo ubonye umugore mwiza aba abonye ikintu cyiza ndetse ngo burya nubona umugabo mwiza ukwiye ujye umenya ko inyuma […]
Leave a Reply