Ejo nawe uzatangira ibizamini by`akazi?Witondere ibi

Posted by

Ibyo kwitondera igihe ugiye mu kizamini cy'akazi

RALGA iti ”Mu gihe habura amasaha macye ngo ibizamini byo kwandika ku myanya y’akazi y’Uturere n’Umujyi wa Kigali bitangire, dore iby’ingenzi umukandida agomba kwitondera. Ibi bizamini bizaba ku matariki ya 25-27 Gashyantare 2026. Amahirwe masa!”

Image

Kanda hano urebe aho byavuye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *