Abasore: Uzamenye ko akiri isugi niba umubonaho ibi bimenyetso

Gupima ubusugi bw’umukobwa ntago bigombera kuryamana nawe cyangwa gukoresha ikindigipimo, ahubwo hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umukobwa ari isugi cyangwa ko atakiri isugi. Ibi biterwa n’uko abakobwa bo ubwabo batazi kwihishira n’iyo abigerageje umubiri we uramutamaza. Doreimwe mu myifatire iranga abakobwa batakiri amasugi. 1. Iyo umubajije ko ari isugi ararakara: Umukobwa utakiri isugi iyo […]

Continue Reading

Menya ibi utazatungurwa! Ibimenyetso 7 byakwereka ko umugore wawe atanyurwa n’ibyo umukorera mu buriri

Inshuro nyinshi umugore ashobora kuba ataka: “Aaah”, “Ooh” ariko ibyo si byo bivuga ko umushimisha birenze mu buriri. Gusa niba uri hano ni uko usanzwe ubizi. 1.Nta kintu ajya abivugaho: Hari abagore bagira amasoni yo kugaragaza ibyiyumvo byabo mu gihe cy’akabariro gusa iyo umukoze aho ashaka umubiri wonyine urivugira. Si ngombwa ko ataka cyane, arira, […]

Continue Reading

Dore Umuti wa burundu uvura kurangiza vuba no kubura ubushake bwo gutera akabariro ku bagabo

Mu buzima busanzwe bijya bibaho ko umugabo ajya gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo bashakanye bikamugora cyangwa akabura ubushake burundu. Iki ni ikibazo gishobora gusenya urugo ,cyane ko gutera akabariro hagati y’abashakanye ari inkingi ya mwamba yubaka urugo. Ariko se umugabo ufite iki kibazo akwiriye kwiheba?Izi nama zikurikira nizo umugabo ukunda kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina […]

Continue Reading

Ibimenyetso 10 byakwereka ko atigeze agukunda by’ukuri

Iyo umubano urangiye, birasanzwe kwibaza ibitaragenze neza. Niba utekereza kandi ukamenya ko hari ikintu cyunvikana kuva mugitangira, birashoboka ko atigeze agukunda byukuri. Hano hari ibimenyetso 20 bishobora kwerekana uko kuri, kugufasha kwifunga no gutera imbere. 1. Ibikorwa bye ntibihura n’Amagambo ye Ashobora kuba yaravuze ko agukunda, ariko ibikorwa bye ntabwo byahuye. Urukundo rugaragazwa nimbaraga, gushikama, […]

Continue Reading

Perezida Kagame yahaye gasopo ibihugu by’inyembaraga

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane yakuriye inzira ku murima ibihugu by’ibihangange, abimenyesha ko nta mbaraga na nkeya zishobora gutuma u Rwanda rwishyura ikiguzi nk’icyo rwishyuye mu myaka 30 ishize ubwo habaga Jenoside yakorewe Abatutsi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yakiraga mu musangiro abadipolomate bahagarariye ibihugu bitandukanye mu Rwanda. Ijambo rye ryibanze ku kibazo cy’umutekano […]

Continue Reading

Dore ahantu 3 wakora umukobwa agahita akwisabira ko mutera akabariro

Abasore benshi baba bibaza ukuntu batuma umukobwa ashaka imibonano mpuzabitsina mu buryo bwihuse. Muri iyi nkuru tugiye kukwereka uburyo watuma umukobwa ashaka imibonano mpuzabitsina. Mukore ku mabere Iki ni igice gihita kizamura ubushake bw’umukobwa akumva ashaka imibonano mpuzabitsina cyane. Mukore ku kibuno Uburyo uzahakora nibyo bizatuma azongwa, akumva ashatse uwo baryamana. Mukoreho mu buryo bworoheje […]

Continue Reading