Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Urukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha umukunzi cyangwa kurinda…