Umugabo yatuburiwe(yambuwe) miliyoni 8RWF zose kubera amagi
•
RIB yatangaje ko hari umugabo wibwe miliyoni zirenga 8Frw abeshywa ko ahawe amagi ya Kagoma ashakishwa na Amerika, aza gusanga ari ay’inkoko basize irangi ry’ubururu. Uyu mugabo wibwe ubwo yahuraga n’abantu bamubwira ko hari Kagoma ‘eagle’ yatorotse muri Amerika maze igera ku mupaka w’u Rwanda na Uganda. Bamubwiye ko iyo Kagoma yaje gupfa ariko…
Ruhango: Abantu bahiye ubwoba abandi barahunga ubwo babonaga umugabo baraye bashyinguye atambagira mu gace yari atuyemo
•
Mu karere ka Ruhango mu murenge wa Bwerankore haravugwa inkuru iteye amayobera aho umugabo witwa Hakizimana Silas, kuri uyu wa kabiri tariki 7 Gicurasi 2024 yagaragaye mu ruhame, kandi ku wa Mbere hari habaye umuhango wo kumushyigura bazi ko yapfuye. Abo mu muryango we batangarije BTN TV dukesha iyi nkuru ko Hakizimana yabuze kwa…
Rubavu: Umukozi wa Ritco yagonze mugenzi we ahita apfa
•
Imodoka y’ikigo gitwara abagenzi ya, Ritco yagongeye umukozi wacyo wakataga amatike muri Gare ya Rubavu, arapfa. Umukozi wagonzwe n’iyo modoka yitwa Furaha. Iyi mpanuka yamuhitanye yabaye ku wa Gatatu tariki 8 Gicurasi 2024. Iyi mpanuka yaturutse ku kuba uyu mukobwa yari avuye mu modoka ya Ritco asohokamo ku ruhande hari indi modoka y’iki kigo…
RIB Yafunze Yaka Mwana n’abandi bakoresha YouTube Mu Kuvuga Iby’Urukozasoni
•
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi abantu batandatu bavugwaho gukoresha imbuga nkoranyambaga mu kuvuga iby’urukozasoni. Ibyaha bakoze byitwa ‘ icyaha cyo gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina hakoreshejwe mudasobwa cyangwa urusobe rwa mudasobwa, icyaha cyo gukora ibiterasoni mu ruhame n’icyaha cyo gutukana mu ruhame’. Ibyo kubafata byarangiye hagati ya italiki ya 16 Mata na…
Rutahizamu Elijah mu nzira zo gukinira Amavubi
•
Amakuru aremeza ko Ani Elijah w’imyaka 24 ukomoka muri Nigeria, yamaze kwemera gukinira ikipe y’igihugu ’Amavubi’ nk’uko umwe mu bamuhagarariye yabitangaje. Kuri uyu wa gatat,tariki ya 08 Gicurasi nibwo byamenyekanye ko uyu mukinnyi ufite ibitego 15 muri shampiyona y’u Rwanda yamaze kwemerera FERWAFA kuzakinira Amavubi. Amakuru avuga ko uyu rutahizamu yamaze kuganirizwa ndetse hasigaye…
Dore imitoma 12 irenze wakoherereza umukunzi wawe uyu mugoroba mu butumwa bugufi ukagusha neza umutima we
•
Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe. Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi…