RDC: Minisitiri w’ingabo yemeje ko FARDC yananiwe kunyeganyeza M23
•
Mu nama y’abaminisitiri yateranye tariki ya 2 Gashyantare 2024, Minisitiri w’Ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yamenyesheje bagenzi be ko FARDC yakomeje ibikorwa bigamije gukura M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ariko ingufu zabo zananiwe gutsimbura uyu mutwe. Nk’uko radiyo na televiziyo bya RDC, RTNC, byabitangaje kuri uyu wa 4…
Abakirisitu bishe umugabo bashinjaga kubiba amaturo
•
Inkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugabo wo mu gihugu cya Kenya wishwe n’abakirisitu bamuziza kubiba amaturo angana n’ibihumbi bibiri ayakuye mu rusengero. Nkuko byatangajwe na raporo yakozwe, bivugwa ko abo bakiristu bashenguwe cyane n’uburyo uwo mugabo yabibye noneho akiba ibyabo abikuye mu rusengero aribyo byatumye uyu mugabo…
Hamenyekanye umubano wihariye Shakib Lutaaya yari afitanye n’uwahoze ari umugabo wa Zari: Ivan Ssemwanga
•
Shakib Lutaaya ni umugabo wa Zari Hassan bakoze ubukwe mu mwaka wa 2023. Uyu mugabo bivugwa ko yabanje kugira indi mibano itandukanye n’abandi bagore nk’uko na Zari Hassan yabanje kugira abandi babana ndetse bakanabyarana. Ivan Don wapfuye , yari yarabyaranye na Zari abana 3 b’abahungu kuri ubu ni abasore bakuru dore ko Zari aherutse…
Ibintu 6 ukwiye kugira ibanga niba wifuza kubaho neza kandi ukabaho mu mahoro
•
• Ntukabwire abantu imigambi yawe n’ibyo ushaka gukora ahazaza kuko bamwe muribo bashobora kugerageza kuguhagarika kubigeraho no kuguca intege abandi bakihutira kubigerageza mbere yuko ubikora. • Ntukabwire abantu intege ncye zawe kuko iyo ubabwiye intege ncye zawe bagerageza kugukoresha bitwaje icyo baziko cyakugusha bakacyigutega ibyo bikabangamira iterambere ryawe. • Ntukabwire abantu amakosa yawe yahahise…
Umukinnyi wivumbuye kuri rayon Sports yigiriye mu Barabu
•
Umukinnyi wivumbuye kuri Rayon Sports yabonye ikipe nshya yo mu barabu Umunya-Sudan ukina ataha izamu, Eid Mugadam Abakar Mugadam yabonye ikipe nshya nyuma y’iminsi ari hano mu Rwanda. Uyu rutahizamu aheruka gutandukana na Rayon Sports nyuma yo kuba ntamwanya wo gukina yabonaga ndetse n’imyitwarire ye itari myiza ubuyobozi buza guhitamo gutandukana nawe mu buryo…
Kicukiro: Umusore wari ugiye gusezerana yahuye n’uruva gusenya kubera umukobwa babyaranye ntamufashe
•
Mu murenge wa Kicukiro w’ akarere ka Kicukiro, habereye agashya, ubwo umukobwa yashakaga kwica ubukwe bw’ umusore babyaranye, amuhora ko ngo adatanga indezo. Ibi byabereye ku rusengero deliverence Church ruherereye mu murenge wa Kicukiro, ku muhanda uva Sonatube niho umukobwa witwa Mukeshimana Chantal yari yaramukiye afite umujinya nyuma yo kumenya ko umusore babyaranye agiye…