Goma: ‘Ubwoba ni bwinshi’ mu baturage kubera ibyo M23 yakoze
•
Bamwe mu batuye i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru, baravuga ko bafite ubwoba ko inyeshyamba za M23 zaba ubu zigamije kuniga uyu mujyi ugasigara nta kintu kiwugeramo. Ni nyuma y’uko ubu M23 ivuga ko igenzura aga-centre ka Shasha kari ku muhanda mukuru wa Goma – Sake – Minova – Bukavu. Ubusanzwe,…
Tshisekedi yatumije inama y’abaminisitiri igitaraganya
•
Nyuma y’uko mu Mujyi wa Goma humvikanye igisasu ntihamenyekane uwaba wagiteye haba ku ruhande rw’Ingabo za FARDC cyangwa urwa M23, amakuru ahari n’uko ngo Perezida Tshisekedi yahise atumiza inama y’aba Minisitiri igitaraganya. Ni ikibombe cyatewe ku masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatanu taliki 02 Gashyantare 2024 muri quartier ya Mugunga muri Komine Kalisimbi hafi…
Kigali: Imodoka yo mu bwoko bwa mini bus yakoze impanuka ikomeye
•
Mu mujyi wa Kigali ahazwi nka Rwampara Imodoka yo mu bwoko bwa mini bus yari itwaye ibicuruzwa yakoze impanuka iteye ubwoba. Iyo modoka yarenze umuhanda igwa munsi y’umugunguzi ibicuruzwa byose byari biri muri iyo modoka biranyanyagirika. Gusa umushoferi ntago byagenze neza kuko yahise ahasiga ubuzima abandi bajyanwa kwa muganga kwitabwaho.
Kigali: umugore yagiye gushaka umugabo afite umukobwa w’imyaka 18 none umukobwa we yamutwaye umugabo
•
Kigali umugore yagiye gushaka umugabo afite umukobwa w’imyaka 18 none umukobwa we yamutwaye umugabo. Hari umudamu ugisha inama nyuma yuko umukobwa we amutwaye umugabo bari bamaze igihe gito bashakanye . Uyu mugore avuga ko yashatse umugabo ariko asanzwe afite umukobwa w’imyaka 18, ndetse nawe akamujyana muri urwo rugo kugirango akomeze amurere barikumwe . Kubera…
Natsinze mu kibuga no hanze yacyo – Muhadjiri nyuma yo kwegukana igikombe
•
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yagaragaye ari kumwe n’umukobwa w’ikizungerezi bikekwa ko bari mu rukundo bishimira igikombe cy’Intwari batwaye batsinze APR FC ibitego 2-1. Ubwo yari ashyize impumu nyuma y’umukino wa APR FC,Hakizimana Muhadjiri yagize ati : “Natsinze mu kibuga no hanze yacyo.” Hakizimana Muhadjiri yagize uruhare ku gitego cya kabiri batsinze APR FC,ubwo yarenguraga vuba…
Umugabo yishe mugenzi we bapfa ibiryo bya sa sita
•
Umugabo wo muri Virginia yakatiwe igifungo cy’imyaka 100 muri iki cyumweru azira gutera icyuma no gukubita mugenzi we bakorana amushinja ko yibye ifunguro rye rya saa sita. Ku wa kabiri, umushinjacyaha mukuru wa Fairfax County Commonwealth, yatangaje ko Bazn Berhe, ufite imyaka 25, ukomoka muri Alexandria, yakatiwe igifungo cy’imyaka 100 irimo imyaka 30 isubitse…