DRC: Pasitoro yatawe muri yombi nyuma yo gukora ubukwe n’umukobwa ukiri muto
•
Pierre Kas Kasambakana pastori ukuriye w’itorero Early Church of Yeshua Ha Mashyah ry’i Kinshasa muri DR Congo yafunzwe by’agateganyo nyuma y’amashusho yabonetse ashyingiranwa n’umukobwa bikekwa ko atujuje imyaka y’ubukure, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru bya Congo, ACP. Uyu mugabo uzwi cyane nka Pasteur Pierre Kas arashinjwa n’ubugenzacyaha bwa Congo kurongora abakobwa benshi bakiri bato, akaba…
U Burundi bwahinduye imvugo ku magambo Perezida Ndayishimiye aherutse gutangaza ku Rwanda
•
Abategetsi b’u Burundi baravuga ko u Rwanda rwumvise nabi ibyatangajwe na Perezida Evariste Ndayishimiye ku gukangurira urubyiruko rw’u Rwanda kwitabira ibikorwa by’akarere. Ngo kwikoma iki gihugu ni ukwanga gukemura ibibazo bihasanzwe. Guverinoma y’u Burundi yihakanye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida Evariste Ndayishimiye, avuga ko yiteguye gufasha urubyiruko rw’u Rwanda gukuraho ubutegetsi ‘rukibohora’. Itangazo rya…
“Ntimugatinye ibitumbaraye[…] igihe kizagera bazamenye ko bakoze ikosa rikomeye” – Perezida Kagame
•
Perezida Kagame yabwiye abanyarwanda ko badakwiriye guterwa ubwoba n’amagambo yavuzwe na Perezida Tshisekedi na mugenzi we Ndayishimiye kuko uwashaka kwambuka imipaka y’u Rwanda yakwishyura igiciro kiremereye. Ibi yabivuze ubwo yatangizaga inama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 19 aho yibukije abanyarwanda gukora imirimo yabo batuje ndetse bakareka ’gutinya ibitumbaraye. Ati “Nabwiye inshuti zacu, ziriya…
AFCON2024: Ibyishimo byatumye Perezida arushanwa n’umuhungu we guha ikipe agahimbazamusyi
•
Ku wa 22 Mutarama, Perezida wa Equatorial Guinea, Teodoro Obiang Nguema Mbatsogo yatangaje ko ku wa kabiri, tariki ya 23 Mutarama ari umunsi w’ikiruhuko mu gihugu hose mu rwego rwo kwishimira intsinzi y’ibitego 4-0 batsinze abakiriye imikino ya nyuma ya Afcon 2023, Cote d’Ivoire. Usibye gutangaza umunsi w’ikiruhuko cyo kwishimira intsinzi, Perezida warebeye uyu…
Ghana yirukanye umutoza wasezerewe muri AFCON 2023 ku munota wa 90
•
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Ghana ryatangaje ko Chris Hughton yakuwe ku mirimo ye nk’umutoza mukuru w’ikipe nkuru nyuma yo gusebera mu mikino ya AFCON 2023. Ghana yasezerewe rugikubita mu itsinda B yarimo hamwe na Misiri,Cape Verde na Mozambike. Ghana yavuye mu iri tsinda idatsinze na rimwe gusa ibona amanota 2 gusa yakuye kuri Misiri…
Kiyovu: Ndorimana Jean François Régis yeguye nyuma y’amezi 6 atorewe kuba Perezida w’iyi kipe
•
Ndorimana Jean François Régis “Général” yeguye ku buyobozi bwa Kiyovu Sports nyuma y’amezi atandatu yongeye gutorerwa kuyiyobora. Tariki 16 Nyakanga 2023 nibwo Ndorimana yaramukijwe Kiyovu Sports byemewe n’amategeko nyuma yaho Mvukiyehe Juvénal akuwe ku buyobozi nyuma y’imyaka itatu. Amakuru y’ubwegure bwa Ndorimana yatangiye gucicikana ubwo uyu mugabo atitabiraga inama yo kungurana ibitekerezo yabaye ku…