USA yongeye gusaba ko hakorwa iperereza ku matora aheruka kuba muri Congo
•
Nyuma y’uko amatora abaye muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ntiyavuzweho rumwe n’inzego zitandukanye cyane ku bari mu bahatana ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Byatumye Amerika isaba bwambere ko hakorwa iperereza n’ubwo yimwe amatwi bikaguma aho kugera Tshisekedi wayatsinze arahiye ko ngera kuyobora ku mugaragaro. Ku nshuro ya kabiri,Amerika yongeye isaba ko iperereza ku migendekere…
Dore ibimenyetso warebesha amaso ukamenya ko umukobwa afite amavangingo (amazi) menshi
•
Ubushakashatsi bugaragaza ko mu mibonano mpuzabits1ina, umugore unyara (uzana amavangingo) ari ingenzi cyane, kuko utanyara yandura kandi akanduza indwara zandurira mu mibonano mpuzabits1ina mu buryo bworoshye. Mu mibona1no mpuzabits1ina, usibye no kuba kunyara k’umugore bituma iryoha kurushaho kandi ikagenda neza, ni n’uburyo bwo kwirinda gukomeretsanya ku mpande zombi mu gihe muri mu gikorwa. Ibi…
Ni iki gitera kubura ubushake bwo gutera akabariro ku bagabo?
•
Ikiba kiraje inshinga umugabo/umusore, ni uko umukunzi we anyurwa mu gihe bagiranye imibona1no. Ariko, hari igihe usanga umugabo atagira ubushake mu gihe nk’iki, bityo bikaba byatuma imibona1no idakorwa, cyangwa se ikaba yagenda nabi bitewe n’uko atagumanye ubushake igihe guhagije. Ese biterwa n’iki? Mu rurimi rw’ icyongereza bizwi nka ‘Erectile dysfunction (ED)’, bukaba ari uburyo…
Akamaro ko kurya Tungurusumu mbisi, indwara ivura n’abantu batemerewe kuyirya
•
Tungurusumu benshi bakoresha nk’ibirungo mu mboga zitandukanye, benshi baziko zitekwa gusa, nyamara kuyirya ari mbisi mu gihe cy’amafunguro bigira akamaro kanini mu kurinda indwara zitandukanye. Medical news Today itangaza ko tungurusumu imaze imyaka ibihumbi ikoreshwa ku Isi yose. Inyandiko zerekana ko tungurusumu zakoreshejwe mu gihe piramide ya Giza yubatswe, hashize imyaka igira ku 5.000.…
Abagabo babiri barakekwaho kwica abagore babo
•
Umugabo utuye mu Murenge wa Nyakaliro yaraye akubise Umugore ageze kwa muganga arapfa mu gihe inzego z’umutekano zikomeje gushakisha undi mugabo wo mu karere ka Gisagara nawe wishe umugore we muri iryo joro . Mu ijoro ryo ku Cyumweru Tariki ya 21 Mutarama 2023 nibwo umugabo uzwi ku izina rya Kabutura yatawe muri yombi…
Kiyovu Sports itorohewe muri iki gihe igiye kongera kujyanwa mu nkiko
•
Umutoza Petros Koukouras wahoze atoza Kiyovu Sports, agiye kuyijyana mu nkiko nyuma y’uko yanze kumwishyira. Muri Kamena uyu mwaka uyu mwaka, nibwo Koukouras yagizwe umutoza wa Kiyovu Sports ubwo Mvukiyehe Juvenal yari akiri Perezida wayo. Tariki 14 Ugushyingo, nibwo uyu mutoza yatandukanye na Kiyovu Sports aho yari amaze kuyitoza imikino 10 ikipe ikaba yari…