Uburyo Kigali yarimbishijwe kubera impera z’umwaka birimo gutangaza n’abahatuye – AMAFOTO
•
Ushobora kwibagirwa amatariki n’iminsi ariko hari byinshi bizakwibutsa ko iya Noheli n’Ubunani yegereje kuko usanga hirya no hino hari imitako itandukanye kandi iryoheye ijisho yinjiza abantu muri ibi bihe. Mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko, ibi bihe biba ari ibidasanzwe kuko kuva ku bantu ku giti cyabo kugera ku bigo bikomeye, birimbisha inyubako zabyo mu…
The Ben yahishuye abandi bantu 2 barimo kumutetesha nyuma ya Miss Pamella
•
Nyuma y’urukundo rwa The Ben na Pamella, ndetse na nyuma yuko The Ben ashyingiwe ku mugaragaro n’umwamikazi Pamella, The Ben akomeje kwishimana no guteteshwa n’abo wakwita Abagabekazi be. The Ben abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije ifoto yishimanye ndetse yahuje urugwiro na Nyina na Nyirabukwe. Ubwo yasangizaga iyi foto yayiherekesheje imitima ibiri isobanura…
Miss Pamella na The Ben bahuye na Madame Janette Kagame, Pamella aratungurana
•
Muri izi mpera z’umwaka wa 2023, The Ben ndetse n’umugore we Pamella bahuye ndetse banaganira na Madamu Janette Kagame, umufasha w’Umukuru w’igihugu. Byagaragariye mu ifoto yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga igaragaza Pamella ndetse na The Ben bari kuganira na Madamu Janette Kagame. Gusa abantu benshi bakomeje kwibaza ku musatsi wa Pamella kuko yagaragaye nta musatsi…
Dore abantu batemerewe kunywa Tangawizi. Niba uru umwe muri bo ukwiye kuyitondera
•
Tangawizi isangwa henshi mu ngo zacu ndetse tuyifashisha cyane mu kwivura indwara zimwe na zimwe ariko nubwo igira akamaro kanini hari abantu batemerewe kuyikoresha kuko yagira ingaruka mbi ku buzima bwabo aho kubakiza. Tangawizi, umuti ukomeye cyane kandi w’umwimerere Tangawizi yifashishwa mu kuvura inkorora, ibicurane na bumwe mu burwayi bwo mu muhogo.Tangawizi yongerwa mu…
Bamutegereje amasaha 7, bamwe bataha nta foto y’urwibutso. Udushya twaranze ibirori by’abambaye umweru bya Zari Hassan
•
Mu ijoro ryo ku wa 29 rishyira tariki 30 Ukuboza, Zari Hassan yageze ahabereye “All White Party” muri The Wave Lounge i Kigali ahagana saa Munani z’ijoro mu gihe ab’inkwakuzi bari bageze muri aka kabari kabereyemo ibirori bye saa Moya z’umugoroba. Abakunda Zari bari baguze amatike, hari abahageze saa Moya z’umugoroba wo ku wa…
Abakobwa / Abagore: Dore ibintu 3 udakwiye kwibeshya ngo wegereze igitsi1na cyawe
•
Hari ibintu byinshi abakobwa bibwira ko ari isuku nyamara byangiza imyanya y’ibanga yabo. Aha rero abanditsi ba mubuzima.com twabahitiyemo ibintu bitatu umugore cyangwa umukobwa agomba kwirinda. 1. Isabune Ibi ushobora kwibwira ko ari nko kwivuguruza. Ukeneye kugira isuku no gukaraba gusa isabune ishobora gutuma imbere mu gitsina cyawe humagara. Ugomba kumenya ko imyanya y’imbere…