Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Perezida Tshisekedi akomeje gusatira intsinzi. Uko amajwi yifashe

    Nyuma y’iminsi icumi habaye amatora rusange muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo,Komisiyo ishinzwe gutegura amatora muri iki gihugu yaraye ishize hanze amajwi y’agateganyo amaze kubarurwa aho Perezida Felix Tshisekedi afite 72.89%. Muri iyi mibare yatanzwe n’iyi komisiyo ejo ku wa gatanu, umukeba mukuru wa Perezida Tshisekedi, Moïse Katumbi, umutunzi akomeye wahoze ayobora intara ya…

  • Yihinduje igitsi1na kugirango amurongore arangije aramwanga. Ibyakurikiyeho ni agahomamunwa

    Umugore wihinduye umugabo yatwitse mugenzi we ari muzima nyuma y’uko yihinduye igitsina kugira ngo ashobore kumugira umugore. R. Nandhini, ufite imyaka 25, yakundanye n’uyu wamwishe bakiri abana,ari abakobwa bombi. Babanye imyaka myinshi ari inshuti mbere y’uko umwe agira icyifuzo cy’uko bashyingiranwa ariko mugenzi we amubwira ko ashaka kubana n’umuyobozi wabo wa IT i Thoraipakkam,…

  • Dore uko wamenya ko wanduye agakoko gatera SIDA

    Ntiwakwiringira ibimenyetso gusa kugirango umenye ko wanduye agakoko gatera sida Virusi itera sida). Kugirango ubimenye neza n’uko wajya kwipimisha kwa mugaga. Kumenya aho uhagaze ni byiza kuko byatuma ufata ingamba zikwiye kugirango wirinde kwaandura cyangwa se utanduza abandi. Ibimenyetso rero biratandukanye, kandi biterwa na buri muntu, ikigero cy’igihe waba umaze waranduye ako gakoko cyangwa…

  • Mu karere ka Kamonyi habereye impanuka ebyiri zikurikiranyije zaguyemo abantu

    Abantu 5 byamenyekanye ko aribo baguye mu mpanuka y’imodoka yaraye ibereye i Kamonyi aho ikamyo ya Howo yagonze izindi modoka. Iyi mpanuka yabaye ubwo ikamyo ebyiri zari mu cyerekezo kimwe ziva i Kigali zerekeza mu Ntara y’Amajyepfo, zagonganye ubwo zari zigeze i Kamonyi, iyari inyuma igonga iy’imbere, ita umuhanda nayo igonga ivatiri yari irimo…

  • Uko byari byifashe mu birori bya Kigali Boss Babes byitabiriwe na The Ben n’umugore we – AMAFOTO

    Umunyamuziki Mugisha Benjamin wamenye nka The Ben ari kumwe n’umugore we Uwicyeza Pamella, ndetse na Ommy Dimpoz bari mu byamamare byitabiriye ibirori bikomeye itsinda rya Kigali Boss Babes bamurikiyemo filime mbarankuru ku buzima bw’abo ibizwi nka “Reality Tv Show”. Ibi birori byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, byambukiranyije umunsi bigera mu rucyerera…

  • Zari Hassan yakoreye ibirori bikomeye i Kigali – AMAFOTO

    Zarinah Hassan [Zari The Boss Lady] yakoreye i Kigali ibirori bye byamamaye nka ‘Zari All White Party’. Ibi birori bya Zari byabereye muri The Wave Lounge, byitabiwe n’abasilimu wabonaga ko bari bafitiye amatsiko kubona uyu mutegarugori wigwijeho ibigwi mu myidagaduro mpuzamahanga. Mu mpera z’Ugushyingo n’intangiriro z’Ukuboza 2023 ni bwo muri Kigali hatangiye gucicikana ko…