Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Umuyobozi wa APR FC yavuze kuri Ombolenga uheruka kuvugwaho imyitwarire mibi

    Chairman wa APR, Col.Richard Karasira yavuze ko mu banyamahanga bane bazanye bazakuramo babiri gusa ndetse ko hari bamwe mu bakinnyi batagiye muri Mapinduzi Cup kubera ko basabye kongererwa iminsi y’ikiruhuko. Yavuze ko abasabye ikiruhuko kiruseho ari Ombolenga Fitina na Thadeo Lwanga mu gihe abandi 24 bagiye. Yavuze ko abandi basanzwe bazwi bahisemo kubareka. Yavuze…

  • Leta y’u Rwanda yavuze ku birego bya Perezida Ndayishimiye uyishinja gufasha Red Tabara

    Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyatangajwe na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ashinja u Rwanda gutera inkunga imitwe irwanya Leta y’u Burundi ikorera mu Burasirazuba bwa DRC. U Rwanda ruvuga ko ntaho ruhuriye n’iyo mitwe. Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda ryibutsa ko mu bihe bishize, bishingiye ku bufatanye, u Rwanda rwashyikirije u Burundi abarwanyi binjiye…

  • Abagore / Abakobwa: Dore ibintu bibi cyane bizakubaho niba urara wambaye ikariso

    Abakobwa benshi bakunda kurara bambaye amakariso, kandi abahanga bavugako iyo umukobwa cyangwa umugore abikoze buri munsi atari ukuvuga ngo hari impamvu nk’umuntu ari mu mihango, ashobora kugira ingaruka mbi. Inkuru ya media254.com ivuga ko abaganga bavuga ko igits1ina gore gikenera guhumeka kugira ngo kitagira uburwayi cyangwa umuhumuro mubi. Akaba ariyo mpamvu abaganga bagira inama…

  • Ahazarasirwa umwaka 2024 mu mugi wa Kigali hamenyekanye

    Umujyi wa Kigali watangaje ko ibishashi byo kwishimira umwaka mushya bizaraswa mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza mu 2023, rishyira iryo ku wa 1 Mutarama mu 2024. Ni ibikorwa bizabera ku musozi wa Kigali (Mont Kigali) mu Karere ka Gasabo, kuri Canal Olympia i Rebero mu Karere ka Kicukiro, ku musozi wa Bumbogo…

  • Perezida Ndayishimiye yaciriye iteka ku batinganyi bo mu Burundi

    Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko iby’ibihugu bikomeye bivuga ko abatinganyi bafite uburenganzira bwo kwidegembya, atari byo. Ngo niba hari ababa mu Burundi, bakwiye gushyirwa kuri Stade bagaterwa amabuye. Hari mu kiganiro yahaye abaturage n’abanyamakuru by’umwihariko kuri uyu wa Gatanu taliki 29, Ukuboza, 2023. Ndayishimiye yavuze ko ibihugu bikangisha guhagarikira imfashanyo igenewe ibihugu…

  • M23 yahishuye uko izacecekesha imbunda n’amasasu yongeye kuyiraswaho

    Umuvugizi w’igisirikare cya M23 Willy Ngoma yatangaje ko uyu mutwe witeguye gucecekesha intwaro z’umwanzi bahereye aho zituruka, umwanzi yavugaga akaba ari guverinoma ya Congo n’abancashuro bayo bamaze igihe bahanganye na M23. Yatangaje ibi ashingiye ku bitero igisirikare cya guverinoma ya Congo cyabagabyeho kuwa kane tariki 28 ukuboza 2023, hafi ku birindiro byayo byose. Mu…