Perezida Neva w’Uburundi nawe yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara urwanya Uburundi
•
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi,Ndayishimiye Evariste yemeje ko Leta y’uburundi imaze imyaka ibiri ikora ibiganiro n’u Rwanda kugira ngo rubahe abo mu mutwe w’iterabwoba wa Red Tabara ariko ngo byananiranye. Yakomeje avuga ko uyu munsi ngo nta kindi gisigaye uretse kubereka Imana no kubasengera. Ku kibazo cy’abasirikare bafatiwe mu ntambara muri M23,Perezida Ndayishimiye yemeza ko…
Anne Rwigara wamenyekanye mu rubanza rw’abo kwa Rwigara yahitanwe n’uburwayi
•
Anne Rwigara, umwe mu bana b’uwahoze ari umucuruzi ukomeye mu Rwanda Assinapol Rwigara, yapfuye kuri uyu wa kane aguye muri Amerika aho yari atuye, nk’uko abo mu muryango we babyemeza. Umwe mu bantu ba hafi mu muryango wabo yabwiye BBC ko Anne yapfuye nyuma y’igihe kitari kinini ababara mu nda aho yari atuye muri…
The Ben yari yambaye umusatsi w’umukorano mu bukwe bwe. igiciro cyawo n’Ibitangaje kuri wo
•
Mu bukwe bwe bwabaye ku wa Gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2023, The Ben yaserutse yakoresheje umusatsi w’umukorano ugurwa n’ufite ikofi itajegajega dore ko ukoreshwa umunsi umwe gusa ugata agaciro. Ku wa 23 Ukuboza 2023, umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwicyeza Pamella wamenyekanye cyane mu marushanwa y’ubwiza (Miss…
Indirimbo Biryoha bisangiwe ya Alyne Sano ikomeje guca ibintu
•
Ni indirimbo ibyinitse cyane ndetse anyuzamo akaririmba amagambo amwe ajimije. Amwe mu magambo arimo agira ati:” [..] Babe babe, njye nta ribi, Si amayeri, ni ko biri, aho bigeze si ngombwa mbimenye, Niba turya bimwe nta mutima mubi. Ubu njyewe nateye cashe, mba narakomye kare, ubishaka yatake, si ndi complique. [..] biryoha bisangiwe, competition…
Claire Akamanzi wahoze ayobora RDB yagizwe umuyobozi ukomeye muri NBA
•
Madamu Clare Akamanzi wayoboye Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), yagizwe Umuyobozi w’Ishami rya Shampiyona y’Umukino wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (NBA Africa). Madamu Akamanzi uzobereye ibijyanye n’ubuyobozi mu bucuruzi akaba n’umunyamategeko mu bucuruzi n’ishoramari mpuzamahanga. Mu itangazo ku rubuga X rwahoze rwitwa Twitter, NBA Africa yavuze ko Akamanzi wazobereye mu bucuruzi n’ishoramari azatangira…
Abasore: Ibyo wakorera umukobwa ukunda bigatuma yibagirwa abandi basore akagukunda wenyine
•
Umuntu wese aba yifuza gukundwa no kutabangikanwa n’abandi ariko si ko kenshi bigerwaho. Nyamara hari uburyo umuntu aba ashobora gukoresha akabigeraho bitamugoye ndetse uwo bakundana akisanga yarahuzwe abandi bose. Dore ibintu 6 wakorera umukobwa ukunda bigatuma akwiyegurira wese: 1.Kumubwira ko muzarushinga Umukobwa aho ava akagera arota umunsi w’ubukwe bwe:Uko azaba yambaye ,imodoka nziza azagendamo…