Umuvugizi wa RDF yavuze icyo bazakora mu gihe cyose Félix Tshisekedi yagaba intambara ku Rwanda
•
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Igisirikare cy’u Rwanda cyiteguye intambara Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, amaze iminsi akangisha. Brig. Gen. Rwivanga, mu kiganiro The Long Form with Sanny Ntayombya, yabajijwe uko byagenda mu gihe amagambo Tshisekedi avuga yayashyira mu bikorwa, asubiza ko Ingabo z’u Rwanda…
Ruracyageretse hagati ya APR FC na Adil Mohamed wahoze ayitoza
•
Abakinnyi batatu b’ikipe ya APR FC barimo Ishimwe Jean Pierre, Ruboneka Bosco na Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka Nzotanga, bagarutse mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Busuwisi mu rubanza bari abatangabuhamya b’uko Adil Erradi Mohammed wahoze atoza iyi kipe, hari ibyo yakoze binyuranyije n’amategeko. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Ukuboza ni bwo hamenyekanye…
Indirimbo ya The Ben, Ni Forever, yari yakuwe kuri Youtube yashubijweho bisabye kwishyura
•
Indirimbo Ni Forever y’umuhanzi The Ben yari yakuwe kuri YouTube irezwe na Drone Skyline Ltd, yamaze kugaruka nyuma y’aho uyu muhanzi yishyuye uwamwishyuzaga. The Ben yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko nyuma y’uko indirimbo ivuyeho, bize iki kibazo baza kugishakira umuti binyuze mu biganiro n’uwari wareze iyi ndirimbo. Ati “Ikibazo cyabayeho ni uko umuntu…
Perezida Tshisekedi akomeje kwanikira bagenzi be. Uko amajwi y’agateganyo ahagaze kugeza ubu
•
Komisiyo y’amatora ya DR Congo iragenda itangaza ibyavuye ku masantere y’itora atandukanye mu gihugu uko biboneka. Iki gihugu cy’abaturage basaga miliyoni 100, abagera kuri miliyoni 40 nibo bagombaga kwitabira itora. Komisiyo y’amatora yaraye itangaje mu ijoro ryo kuwa kabiri ko kugeza ubu imaze kubarura neza amajwi miliyoni 6 112 456, muri ayo majwi Félix…
Abagabo: Dore uburyo bworoshye wakoresha ukikorera umuti urinda ukanavura kurangiza vuba
•
Abagabo benshi bifuza kwitwara neza mu gihe cy’akabariro usanga birukira gukoresha ibinini n’imiti itanduka imyinshi muri yo itanafite ubuziranenge ariko ugasanga batitaye ku ngaruka yabateza. Iyi nkuru irakugezaho uko wakwikorera viagara y’umwimerere wifashishije watermelon. Watermelon ni urububuto rwuzuye intungamubiri nyinshi umubiri ukenera harimo na vitamin C. Gusa uru rubuto rurimo ikinyabutabire kizwi nka Citrulline.…
Dore icyo bisobanuye kurota uryamanye n’umukobwa cyangwa umusore
•
Ni kenshi wumva abatu bavuga ko barota barimo gutera akabariro ,hakaba n’ababyita kwiroteraho , mu mvugo za kiganga byitwa Sexsomnia ,bukaba bugereranywa n’uburwayi bujyanye n’ubuzima bwa muntu mu bijyanye no gusinzira, mu ndimi z’amahanga babyita Sleep disorders. Umuhanga mu buvuzi bw’indwara z’ubwonko n’imitsi muri kaminuza ya Harvard avuga ko ,abantu bagira ubu burwayi baba…