Kigali: Batanu bakoraga ku nyubako bagwiriwe n’umukingo batatu hahita bapfa, bagenzi babo batungurwa no kubwirwa gukomeza imirimo
•
Ku isaha ya saa Kenda z’umugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ugushyingo 2023, Nibwo mu mudugudu w’Isangano akagari k’Ubumwe mu murenge wa Muhima akarere ka Nyarugenge, abantu batatu bapfuye bagwiriwe n’umukingo uri ahasizwa ikibanza cyo kubakwamo. N’inkuru y’incamugongo itakiriwe neza n’abahakorera ndetse n’abandi baturage bari aho iyi mpanuka yabereye aho bavugaga…
Uruhushya amaze amezi 6 atwariraho imodoka rwatumye yisanga mu kaga gakomeye
•
Umusore w’imyaka 27 y’amavuko yafatiwe mu Karere ka Nyabihu atwaye imodoka afite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’uruhimbano na rwo yerekanye akoresheje ifoto yo muri telefone, basuzumye basanga atarigeze akora ikizami cyarwo. Uru ruhushya rw’uruhimbano rwafatanywe uyu musore, rugaragaza ko rwosohotse muri Gucurasi uyu mwaka wa 2023, akaba ari rwo yari amaze iminsi akoresha mu…
Benshi batunguwe no kumva akayabo ikipe ya Rayon Sports izakoresha mu ngengo y’imari uyu mwaka
•
Ikipe ya Rayon Sports yagaragarije abanyamuryango bayo ko uyu mwaka w’imikino, ingengo y’imari iyi kipe izakoresha ari agera kuri Miliyoni magana acyenda (900.000.000 FRW) avuye kuri Miliyoni Magana arindwi yari yakoreshejwe umwaka ushize. Nkuko tubikesha Rwanda Magazine,Nkubana Adrien, DAF (Director of Administration and Finance) wa Rayon Sports yagaragarije abanyamuryango uko umutungo wakoreshejwe umwaka ushize…
Imana imwakire mu bayo! Sam twakunze turi benshi wamyenyekanye mu ndirimbo nka “Kiradodora” yitabye Imana
•
Umunyamuziki akaba n’inararibonye mu muziki w’uburundi Sam overmix uzwi cyane mu ndirimbo ‘Kiradodora’ yitabye Imana azize uburwayi. Uyu muhanzi wakoze iriya ndirimbo yakunzwe cyane no mu Rwanda yapfuye kuri uyu wa gatandatu. Sam Overmix yari azwi no mu ndirimbo ‘Nyegera’ yaririmbanye na mugenzi we Yacouba,nanone bakoranye Kiradodora. Uyu muhanzi yahitanwe n’indwara yari amaranye igihe…
Juvénal arashinjwa kugira uruhare mu kuroga ikipe ya Kiyovu Sports
•
Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis “Général”, yavuze ko ibyo kurogwa kw’iyi kipe byatumye itsindwa na Sunrise FC muri Gicurasi 2023, byagizwemo uruhare n’uwahoze ari Umuyobozi wayo, Mvukiyehe Juvénal, binyuze ku muganga yihereye akazi ubwe. Uburyo Kiyovu Sports yatakajemo ibikombe yari ifiteho amahirwe menshi yo kwegukana mu mwaka w’imikino wa 2021/22…
Habuze gato nari mpapfiriye – Umunyamakuru Munyentwari Jerôme yagiye gutara inkuru ahura n’uruva gusenya
•
Umunyamakuru witwa Munyentwari Jerôme arashinja Kampani y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kumuhohotera, ikamwambura ndetse ikamena n’ibikoresho by’akazi ikabifatira kugeza n’ubu. Munyentwari Jerôme Umunyamakuru w’igenga ufite Ikinyamakuru Ibigwi.rw n’umuyoboro wa Youtube witwa IBIGWI TV. Uyu avuga ko mu mpera z’icyumweru gishize, yahamagawe n’umuturage amubwira ko afite ikibazo cyo kwamburwa isambu ye n’iyo Kampani yitwa EMITRA…