Bacitse ururondogoro kubera icyatumye uyu munyamerika yamburwa burundu uburenganzira bwo gukandagira muri Philippines
•
Umunyamerika Anthony Laurence yambuwe uburenganzira bwo kuba yakandagira ku butaka bwa Philippines ubuzima bwe bwose, nyuma yo kugaragaza agasuzuguro ku bakozi bashinzwe abinjira n’abasohoka. Ku itariki 7 Ugushyingo nibwo Laurence uvuga ko ari umushoramari mu bucuruzi butandukanye yageze ku Kibuga cy’Indege cya Manila, avuye Bangkok muri Thailand ari mu ndege ya Air Asia. Uyu…
Abagororwa 43 bo muri Gereza ya Nyarugenge, bahawe isakaramentu ry’Ugukomezwa
•
Ubwo yabahaga isakaramentu ryo gukomezwa, Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yasabye abagororwa bafungiwe muri Gereza Nyarugenge iherereye i Mageragere kurangwa n’ibikorwa by’urukundo kuri bagenzi babo b’abanyantege nke. Ibi yabigarutseho kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ugushyingo 2023, ubwo i Mageragere haberaga umuhango wo gutanga isakaramentu ry’Ugukomezwa ku bantu bafunzwe 43. Byari biteganyijwe…
Uwicyeza Pamela, witegura kurongorwa na The Ben, yakorewe ibirori bya Bridal Shower
•
Uwicyeza Pamella ugiye kurushinga n’umuhanzi The Ben yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka ‘Bridal shower’. Ni ibirori byabereye ahitwa Wood Habitat ku Kimihurura, byitabirwa n’inshuti z’uyu mukobwa zitandukanye. Mu mashusho yashyizwe hanze na bamwe mu nshuti z’uyu mugore agaragara yishimye ari kuririmba ubona ko yizihiwe. Byitezwe ko ubukwe bwa Uwicyeza Pamella…
Umuzimu wateye ADEPR ni inde uzamuterekera? Ibya ADEPR bikomeje kujya ahabi, bamwe barashinjwa kugira inda nini y’ubusambo!
•
Bamwe mu bayoboke bitorero rya ADEPR mu ntara y’Iburengerazuba, bandiye inzego zitandukanye harimo na Perezidanse basaba ko yabakuriraho Ndayizeye isaie kubera amakosa bamushinja. Mu kiganiro cy’ubusesenguzi ku makuru cya mugitondo kuri Flash FM, abanyamakuru babazanyaga uzabasha guterekera umuzimu wateye ADEPR, aho bavugaga ko iryari Itorero ry’umwuka ryamaze guhinduka itorero ry’umuriro. Mubyo aba bayoboke bashingiraho…
Ingabire Victoire yakomeye amashyi icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga rwa London
•
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, Victoire Ingabire, yatangaje ko yashimishijwe n’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga rwo mu Bwongereza kivuga ko gahunda yo kohereza abimukira i Kigali itemewe n’amategeko. Ni icyemezo cyafashwe tariki ya 15 Ugushyingo 2023, gitesha agaciro ubujurire bwa guverinoma y’ubwami bw’u Bwongereza yashakaga ko rwemeza ko iyi gahunda yemewe n’amategeko kugira ngo abimukira…
Umwana w’imyaka 8 aratabarizwa nyuma y’uburwayi bukomeje kumwangiza mu myanya ye y’ibanga
•
Mu karere ka Gatibo haravugwa inkuru y’umwana w’umukobwa ukiri muto utabarizwa nyuma yo kurwara indwara ikamwangiza imyanya y’ibanga. Mageza Esdras na Mukangenzi Agnes batuye mu mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa gitoki, bahangayikishijwe n’uburwayi buzwi nka Vitiligo bwibasiye abana babo batatu ndetse bukaba buri kwaniza imyanya y’ibanga y’umwana w’umukobwa ufite imyaka 8. Uyu…