Amahano! Umugabo yacunze umugore we adahari asambanya abana be b’abakobwa babiri bataruzuza imyaka itanu y’amavuko
•
Umugabo wo mu Murenge wa Munini mu Karere ka Nyaruguru, akurikiranyweho gusambanya abana be babiri; umwe w’imyaka itatu n’undi w’itanu, aho bikekwa ko yakoreye aba bana aya mahano ubwo umugore we [nyina w’abo bana] yari yaragiye mu ruzinduko. Uyu mugabo ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe, yaregewe Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe ku wa…
Imodoka yari irimo abadepite batatu yagonzwe n’ikamyo yo mu bwoko bwa Howo
•
Abadepite batatu bo mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, barimo Dr Frank Habineza uyobora Ishyaka DGPR, bakoze impanuka ikomeye y’imodoka barimo yagonzwe n’ikamyo ya Howo, Imana ikinga akaboko ntihagira uhasiga ubuzima. Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro mu muhanda Kigali-Bugesera, ubwo aba Badepite bari mu modoka yo mu bwoko…
Urukiko rwategetse ko CG (Rtd) Gasana Emmanuel afungwa
•
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyagatare rwemeje ko Gasana Emmanuel wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba afungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera impamvu zikomeye zishobora gutuma abangamira iperereza. Icyemezo cy’urukiko cyasomwe kuri uyu wa Gatatu, tariki 15 Ugushyingo mu 2023. CG (Rtd) Gasana yatawe muri yombi ku wa 26 Ukwakira 2023. Hari nyuma y’umunsi umwe ahagaritswe ku nshingano ze…
Byamukomeranye! Samusure uri mu buhungiro, yavuze icyamuteye guhunga u Rwanda, anasaba ubufasha abagiraneza
•
Umukinnyi wa Filimi,Kalisa Ernest, wamenyekanye nka Samusure, Rulinda na Makuta, yatangaje ko yavuye mu Rwanda ahunze kubera amadeni yafashe kugira ngo akine filimi ye yitwa ’Makuta’. Kalisa yavuye mu Rwanda muri 2022 ahunze umuntu yari arimo ideni yafashe kugira ngo akine filime ye y’uruhererekane yitwa Makuta. Byamenyekanye ko Samusure yagiye muri Mozambike, ubwo yagaragaraga…
Imana imwakire mu bayo! – Umusore bamutumye kuvoma apfira mu nzira
•
Mu karere ka Gicumbi hakomeje kugarukwa ku nkuru y’incamungongo, aho umusore witwa Bizimana Jean Damascène yasanzwe yapfiriye mu gishanga cy’ahitwa Mukadogo, aho yari yatumwe na se wabo kuvoma amazi. Byabereye mu Mudugudu wa Ruhondo, Akagari ka Nyamabuye mu Murenge wa Mutete ku gicamunsi cyo ku wa 14 Ugushyingo mu 2023. Urupfu rwa Bizimana rwamenyekanye…
Ibyo kohereza abimukira mu Rwanda bava mu gihugu cy’u Bwongereza byanzwe, hibazwa ku kayabo rwahawe rubitegura
•
Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza yanzuye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro inyuranyije n’amategeko. Kuba iyi gahunda y’u Bwongereza yo kohereza mu Rwanda abimukira, yateshejwe agaciro n’Urukiko rw’Ikirenga bivuze ko batakoherezwa nkuko byifuzwaga. Abacamanza batanu barimo na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Robert Reed, batangaje uyu mwanzuro kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 15…