Umunya-Nigeria waciye agahigo ko kugira umusatsi muremure ku isi yavuze imbogamizi yahuye nazo
•
Umugore w’Umunya-Nigeria waciye agahigo ku isi ko kugira umusatsi muremure yahishuye imbogamizi yahuye nazo kugira ngo agere kuri ako gahigo gakomeye. Umugore w’Umunya-Nigeria yaciye umuhigo w’isi mushya wa Guinness World Record w’umusatsi wa mbere muremure cyane w’umukorano (wig/perruque) ukoreshejwe intoki. Helen Williams, wo mu mujyi wa Lagos, yaciye uwo muhigo nyuma yo gukora uwo…
Dore couple z’ibyamamare mu Rwanda zavuzwe bigatinda n’ubu zikaba zikivugwa – AMAFOTO
•
Uyu mwaka wa 2023 uri kugana ku musozo waranzwe n’udushya twinshi mu myidagaduro mu Rwanda. Muri uyu mwaka, hari ama ‘Couples’ y’ibyamamare yakanyujijeho, aravugwa biratinda bitewe n’ibikorwa runaka byihariye byagiye bibaranga ndetse na n’ubu aracyavugwa. Buri mwaka, ni nk’ihame ko haba hari ama couple runaka y’ibyamamare aba yarakanyujije abifashijwemo n’udushya twihariye tuba twarayaranze, bikarangira…
Umugabo yishwe n’isake mu buryo butunguranye
•
Umugabo w’imyaka 67 y’amavuko witwa Kraus, ukomoka mu gihugu cy’u Buholandi akomeje kuvugisha abantu batari bacye nyuma yo gutangazwa ko yishwe n’inkoko. Uyu mugabo yitabye Imana ubwo yagiraga gutya inkoko y’isake ikaza yiruka ikamutera urwara (Igikohwa) ku kuguru hanyuma bikamutera kuvirirana amaraso menshi cyane. Amakuru dukesha ikinyamakuru Face Of Malawi, avuga ko iyo nkoko…
Abagore: Dore ibintu umugore wese ushaka kubana neza n’umugabo we akwiriye kumenya
•
Gusobanukirwa umugabo ni urufunguzo rwo kugira umubano mwiza nawe kandi buri mugore wese yifuza kuba mu rukundo rugera ku ntego. Ni ibintu bizwi ko abagabo batekereza bitandukanye n’ibyo abagore bibwira bityo rero kumenya bimwe mu byo umugabo akunda gutekereza ni ibanga ryo kugira urukundo runejeje hamwe nawe. Twifashishije urubuga Elcrema twaguteguriye ibintu 15 by’ingenzi…
Amashusho y’abantu bahatiraga umurambo kwitwara kuri moto bagiye kuwushyingura akomeje guca ibintu
•
Igikuba cyacitse mu bantu nyuma y’amashusho akomeje gukwirakwira hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umuntu wapfuye barimo kumuhatira gutwara Moto mu gihe cyo kumushyingura. Ni umugabo wo mu gihugu cya Ghana witabye Imana. Ku munsi wo kumushyingura, baramufashe bamushyira kuri Moto imwe y’amapine atatu nyuma akajya ahatirizwa kuyitwara ariko afashijwe n’abandi bantu batatu…
Inyeshyamba zikorana na FARDC zasubiranyemo zirarasana zipfa ibiryo, abaturage bahunga bazi ko ari M23 yabateye
•
Ihuriro ry’imitwe y’inyeshyamba ryiyise Wazalendo ribarizwa mu bice bya Kanyarutchinya mu mujyi wa Goma, bongeye gukozanyaho, isasu rivuza ubuhuha, bapfa ibiribwa ngo kuko Leta nta kintu iri kubamarira, ku byo kurya. Rwanda Tribune dukesha iyi nkuru ivuga ko iyi mirwano yumvikanyemo imbunda ziremereye, yatumye abaturiye umujyi benshi bazinga uturago barahunga , bakeka ko…