Nyanza: Umugabo yashetewe ibihumbi 10 bituma ahasiga ubuzima
•
Umugabo witwa Ntasangirwa Jean Claude w’imyaka 44 y’amavuko, yapfiriye mu musarane uri mu rugo ruherereye mu Mudugudu wa Nyakabuye mu Kagari ka Mpanga mu Murenge wa Mukingo ho mu Karere ka Nyanza, ubwo yari yahawe ikiraka cyo gukuramo telefone. Amakuru avuga ko Ntasangirwa ukomoka mu Murenge wa Mukingo mu kagari ka Mpanga mu Mudugudu…
Birababaje: Umusore na mushiki we bishe mukuru wabo w’imyaka 34 bamuhoye igikoma
•
Mudugudu wa Nyacyonga, Akagari ka Kebero, Umurenge wa Ntongwe mu Karere ka Ruhango, haravugwa inkuru y’umusore wakubiswe na Murumuna we ndetse na mushiki we akaza kwitaba Imana azizwa igikoma. Uyu musore wishwe yitwa Maniragaba Alfred w’Imyaka 34 yari asanzwe abana na Mama we ndetse n’abavandimwe be aribo murumuna we Niyomwungeri Akili ndetse na Mushiki…
Hamenyekanye ubugome abakobwa bakora Salon de coiffure basigaye bakorera abagabo mu kazi babakarabirizamo mu mutwe
•
Bamwe mu bagabo bo mu Rwanda bemeza ko abakobwa bakora mu nzu bogosheramo(Saloon de Coiffure) cyane abakarabya mu mutwe abantu baba bamaze kwiyogoshesha, bahohotera abagabo bigatuma batakaza amafaranga menshi mu buryo butapanzwe, ibyo bamwe bafata nk’ubwambuzi. Bamwe mu baganiriye na BWIZA ducyesha iyi nkuru bavuga ko ibi babishingira ku buryo abakobwa bakora mu nzu…
Nikuze wo muri City Maid yahamije urwo akunda umuhanzi wo muri Nigeria
•
Musanase Laura wamenyekanye nka Nikuze muri filime ‘City Maid’, yashimangiye urwo akunda umuhanziTriqa Blu wo muri Nigeria. Hari hashize iminsi kuva muri Kamena 2024 ku mbuga nkoranyambaga hasakazwa amashusho ya Nikuze na Triqa Blu bari mu kugirana ibihe byiza mu bikorwa bitandukanye bibera mu Mujyi wa Kigali. Amashusho y’aba bombi bari gusangira mu tubyiniro…
Nyuma y’umwaka baraburiwe irengero, Miss Elsa yifurije umugabo we Prince Kid isabukuru nziza
•
Nyampinga w’u Rwanda wegukanye ikamba rya 2019, Iradukunda Elsa yongeye gushimangira urwo akunda umugabo we Prince Kid bamaze umwaka bakoze ubukwe nubwo kugeza uyu munsi batakibarizwa mu Rwanda. Ni mu butumwa Miss Iradukunda yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram abwira umugabo we ko amukunda ubuziraherezo. Ku wa 1 Nzeri 2023, ni bwo Miss Iradukunda…
Yago wahunze igihugu yagaragaje ko Umunyamamakuru murungi Sabin wa Isimbi TV ari umugome anahishura ko yasenye ingo nyinshi
•
Mu rutonde runini cyane rw’Abanyamakuru n’abandi bantu baba mu myidagaduro mu Rwanda bagaragajwe na Yago ko ari abantu babi, harimo n’umunyamakuru Murungi Sabin ukorera kuri shene ya Isimbi, kuko ngo ari mu bantu batangije inkundura yo guhangana na we igihe yari ahagaze neza. Ibi Yago yabitangarije mu kiganiro kirekire yakoreye kuri shene ye ya…