Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko uwo wihebeye akuryarya atagukunda cyangwa yikundira abandi batari wowe
•
Urukundo ni kimwe mu bintu bigize Isi bituma habaho umunezero no kumvikana hagati y’abantu batandukanye, urukundo nanone ni kimwe mu bintu by’ingirakamaro bituma ku Isi habaho kororoka kw’ikiremwamuntu nyuma y’uko abakundanye basangana bakubaka urugo bakabyara abana nabo bakabatoza kugira urukundo. . Ibimenyetso byakwereka ko umusore ukunda yikundara abandi . Icyakwereka ko umukukobwa ukunda akubeshya…
Agashya: Pasitoro yasabye abadafite amaturo kutazamugarukira mu rusengero – IMPAMVU
•
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’umupasitori witwa Man Kush watangaje ko abantu badafite amafaranga badakwiye kuza mu rusengero rwe kubera ko afite fagitire nyinshi zo kwishyura. Uyu muvugabutumwa yakomeje avuga ko kuba mu mujyi wa Nairobi bisaba gukora atari amasengesho gusa bityo abantu baza gusengera iwe bagomba kuza hari icyo bitwaje. Uyu…
Ese Ntiyaba ari intambara ya 3 y’isi irimo gututumba! Uburusiya n’Ubushinwa byishyize hamwe mu kurwanya Amerika n’Uburayi
•
Ubushinwa bwifatanyije n’Uburusiya mu kwamagana ko umuryango w’ubwirinzi bwa gisirikare w’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) ukomeza kwaguka, mu gihe ibi bihugu bibiri birushaho kwisungana kubera igitutu cy’ibihugu by’i Burayi n’Amerika. . Ubushinwa n’Uburusiya byasinye amasezerano y’ubufatanye mu kurwanya kwaguka kwa OTAN . Ikibazo cya Ukraine gishobora gufata indi ntera . Intambara Ya Gatatu Y’isi irimo gututumba…
Inyamaswa yicaga imitavu hafi ishyamba rya Nyungwe yishwe
•
Igisimba gikekwa ko kiri mu bimaze iminsi birya inka z’imitavu hafi ya pariki ya Gishwati mu karere ka Nyabihu,cyishwe n’abashinzwe umutekano. Aborozi baororeraga mu nzuri zegereye Pariki ya Gishwati-Mukura bari bamaze iminsi bataka inyamaswa y’inkazi yivuganaga inka zabo cyane cyane imitavu aho yari imaze guhitana izirenga 80. Ku mugoroba wo kuri uyu…
Dore ibintu wakora urukundo rwawe rukakuryohera kurusha urwo ujya ubona muri filimi z’igihinde
•
Ku bantu mwakuze mureba filime, muribuka ko mwabonaga abagore bafatwa nk’abamikazi naho abagabo bakaba abami muri iyi ngombyi y’urukundo. N’ubwo wabibonaga cyangwa ukibibona ntabwo biguha ishusho y’uko wabigenza ngo ugire ibyishimo bidashira. Ni yo mpamvu tuje kugufasha, wowe usabwe gukora ibyo usoma muri iyi nkuru. . Ibintu 9 byoroshye cyane wakora mu rukundo rwawe…
Reba ifoto ya Anita Pendo na Japhet bigannye Rihanna n’umukunzi we ikomeje kuvugisha abatari bake harimo n’ibyamamare
•
Ku munsk w’ejo nibwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye by’umwihariko kuri Twitter na instagram hasakajwe ifoto ya Anita Pendo na Japhet aho bari biganye Rihanna na Asap Rocky ku ifoto baherutse gushyira hanze igaragaza Rihanna atwite Abantu benshi babonye iyi foto bavuze byinshi bitandukanye. Mu bagize ibyo bavuga kuri iyi foto harimo Miss Pamella Uwicyeza…