U Rwanda rwemeye gufungura umupaka warwo na Uganda runatangaza itariki uzafungurirwaho
•
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko tariki 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uzafungurwa nyuma y’imyaka myinshi ufunze kubera umubano mubi w’ibihugu byombi. Ni nyuma yaho Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda asuye u Rwanda, rukaba rusanga hari ubushake mu gukemura ibibazo rwagaragaje. Itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ryavuze…
Abagore: Dore ufata nk’ibisanzwe byagusenyera urugo mu kanya nk’ako guhumbya uramutse utabigendeye kure
•
Umugore ushaka kurinda umugabo we agahinda n’ishavu akanarinda umuryango wabo yirinda ingeso mbi zatuma yisenyera. Dore ingeso zatuma umugore yisenyera urugo: 1. KUGIRA INSHUTI MBI Mu ngeso mbi abagore bagira ni ukugira inshuti mbi n’abajyanama babi baza basenya gusa. Iyo umugore atitondeye inshuti mbi yisanga yatangiye kugira imico nk’iyabo cyangwa asigaye agendera…
Ku myaka 9 gusa afatwa nk’umuntu muto muri Afurika ukize kurusha abandi kuko atunze imodoka zihenze n’amazu y’akataraboneka – AMAFOTO
•
Mompha Junior ufite imyaka 9 gusa y’amavuko ni we mwana muto ukize kurusha abandi muri Afurika kuko afite amato n’imodoka z’igitangaza hamwe n’amazu yungutse abifashijwemo na papa we w’umuherwe cyane. Uyu mwana muto ukize cyane muri Afurika afite kandi amazu menshi kandi meza mbere y’uko yuzuza imyaka 10. Muhammed Awal Mustapha w’imyaka…
KNC yakuye Gasogi United muri Shampiyona nyuma yo kwibwa ku mukino wa Rayon Sports
•
Perezida wa Gasogi United FC, Kakooza Nkuriza Charles [ KNC], yatangaje ko ikipe ye ayikuye muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nyuma yo kunenga imisifurire yaranze umukino wabahuje na Rayon Sports ikabatsinda igitego kimwe ku busa. Nyuma y’umukino Rayon Sports yatsinzemo Gasogi United igitego 1-0 ariko hakabamo kwibeshya k’umusifuzi wo ku ruhande Saidi…
Ubushinjacyaha bwagaragaje uko umugambi wo kwica Akeza wateguwe bukomeza gushinja Mukase kuba inyuma y’urupfu rwe
•
Akeza Elsie Rutiyomba ni umwana witabye Imana afite imyaka 5 y’amavuko, ndetse inkuru y’urupfu rwe ikaba yaramenyekanye kuwa 14 Mutarama uyu mwaka, ivugwaho byinshi bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga. Bamwe ntibumvaga uko uyu mwana yaba yaguye mu Idomoro ya Litiro 200 akarinda apfa kandi ayisumba ndetse ntibatinye no kuvuga ko haba hari ikindi kibyihishe…
Dore ibintu by’ingenzi ugomba kumenya no kubanza gushyira mu mutwe mbere yo kwiyemeza gushaka kugirango utazasenya bidatinze
•
Mbere yo kwemerera uwo muzabana ko mukora gahunda y’ubukwe, hari ibintu by’ingenzi uba ugomba kumenya haba kuri wowe ndetse no k’uwo muzabana. Dore ibintu by’ingenzi ugomba kumenya ; 1. Kumenya urukundo icyo aricyo Akenshi hari ubwo umuntu yibwira ko akunda undi ariko atazi icyo urukundo rusobanuye. Uzasanga abenshi bakirwitiranya n’irari. Ugasanga…