Abasore: Dore ibimenyetso 10 byakwereka umukobwa ugukunda nta buryarya
•
N’ubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. Kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. . Ibimenyetso biranga umukobwa ugukunda nta buryarya . Umukobwa ugukunda bya nyabyo . Ni gute namenya ko umukobwa ankunda? Dore ibimenyetso…
Albina Sydney ukorera Flash TV ukunzwe na benshi mu Rwanda yeruye ko akundana n’uwo bahuje igitsina
•
Imyumvire mu banyarwanda ku bijyanye n’abaryamana bahuje igitsina iracyari hanze, gusa ushobora kubyumva kuko nta bukangurambaga bweruye bwari bwaba bugamije kumvisha abanyarwanda ko ababana cyangwa bakundana bahuje igitsina nabo ari nk’abantu kimwe n’abandi, bamwe babita ibivume abandi ntibatinya no kuvuga ko bazakururira Igihugu umuvumo nkuko byagendekeye ab’I sodoma na Gomora mu gihe Leta itaba…
Umufasha wa Perezida w’u Burundi yahaye ubutumwa bukomeye Jeannette Kagame
•
Umugore wa perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye Ndayubaha, yatangaje ubutumwa bwo kwishyuka kuri mugenzi we Jeannette Kagame, umugore wa perezida w’u Rwanda, ku isabukuru y’imyaka 20 y’umuryango Imbuto Foundation yashinze yizihijwe muri weekend ishize. . Angeline Ndayishimiye yashimiye Jeannette Kagame ku bikorwe bye by’indashyikirwa . Umubano w’u Rwanda n’Uburundi urimo urasubira mu buryo …
Umukobwa warangije Kaminuza yahindutse umusazi yambara ubusa nyuma yo kubenga umusore wamwishyuriye ishuri
•
Inkuru ibabaje cyane yatumye abantu benshi batungurwa y’umukobwa warangije kaminuza aho kugirango atangire akazi ahubwo bakabona arahindutse atangiye kugenda yivugish mu muhanda atoragura imyanda aho yajugunywe, nawe ubwe ubona asa n’umwanda nta kwiyitaho. Byatangiye aho umugabo utatangajwe amazina yakundanye n’umukobwa (nawe amazina ye atavuzwe) noneho yiyemeza kwimwishyurira amafaranga y’ishuri guhera mu mashuri yisumbuye kugeza…
Imyambarire n’imibyinire bya Miss Amandah Darling mu gitaramo Kigali Kanivore byatumye abantu bacika ururondogoro – VIDEO
•
Amandah Darling yatunguye abanyakigali bari mu gitaramo cya Kigali Kanivore bitewe n’imibyinire ye aho yabyinishije DJ Pius abantu bakumirwa. Ni igitaramo cyari cyahuje aba Djs barenga 10 cyari kigamije gususurutsa abakunzi b’umuziki mu Rwanda ‘Kigali Kanivore cyari kibaye ku nshuro ya mbere aho cyabereye muri Portofino Hotel i Nyarutarama. Reba mu mashusho uko byari…
Abakobwa: Dore ibintu byoroshye byagufasha kwegukana umutima w’umusore wihebeye bitakugoye na gato
•
Biragoye kubona umukobwa ukoresha amagambo kugirango areshye umusoreni ibintu uzabona gake cyane bikarushaho kuba gake cyane iyo tugeze mu Rwanda.Twifashishije imbuga za interneti twasanze hari bimwe mu byo umukobwa yakora bikamufasha kwegukana umusore yahoze arota. . Uko Wakwigarurira Umutima W’umusore Ukunda . Icyo Wakora Bigatuma Ukundwa N’umusore Wihebeye Ahanini iyo urebye bisaba ko umukobwa yumva…