Ese bizagenda gute Rayon Sports nibura miliyoni 40RWF yaciwe na Muhire Kevin? Icyo Kevin abivugaho
•
Kapiteni wa Rayon Sports,Muhire Kevin, yavuze ko miliyoni 40 Frw yasabye Rayon Sports zitabura kuko ifite abafana benshi ndetse ko hakiri igihe kinini ngo shampiyona itangire bityo azashakwa gake gake. Mu kiganiro na Rwandamagazine, Muhire Kevin yavuze ko nubwo nta biganiro bihambaye yagiranye na Rayon Sports ku byo kongera amasezerano, ariko yasabye ubuyobozi miliyoni…
Abasaga 1000 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i mecca
•
Amakuru yatanzwe na bamwe mu bayobozi mu Gihugu cya Misiri avuga ko abantu 1300 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i Mecca biganjemo abagiyeyo batiyandikishije bityo babura uburyo bwo kwikinga ubushyuhe. Abo bayobozi babiri bavuga ko Abanyamisiri bagera kuri 630 bapfiriye mu rugendo rutagatifu bari bagiyemo mu Gihugu cya Saudi Arabia, bazize ubushyuhe bukabije bwibasiye icyo…
Wabwirwa n’iki ko urwaye indwara y’umwijima? Sobanukirwa
•
Imikorere mibi y’umwijima igaragarira mu buryo bunyuranye. Iyo mikorere mibi ikaba ishingiye ku bwumvikane buke buboneka hagati y’umwijima hamwe n’Impindura. Ibi bishobora gutera izi ndwara zikurikira: a) Umwijima unaniwe inshingano zawo. Ibi bigusaba kubanza kumenya umurimo w’umwijima mu mpagarike y’umuntu. Nyamara dushingiye ku byavuzwe na PAMPLONA ROGER muri « Le guide des plantes médicinales,…
Zari yatunguranye avuga ko azashaka umugabo wa 2 wiyongera kuri Shakib bakabana bose icyarimwe
•
Zari Hassan yumvikanye abwira Shakib Lutaaya beheruka gusezerana ariko umwe akaba aba muri Uganda undi muri Afurika y’Epfo ku mpamvu z’akazi, ko yemerewe gushaka umugabo wa Kabiri akabagira bombi. Zari yumvikanya abaza umugabo we niba yaba afite abagore bandi akibonana nabo bijyanye n’uko aba abona bamwikururaho. Shakib amubwira ko bitabaho, Zari akavuga ko yumva…
Nyagatare: Umusore utajya amara kabiri muri gereza yazengereje umudugudu wose awiba, akanabasambanyiriza abana adasize naba Nyina
•
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyagatare, mu Murenge wa Musheri, Akagari ka Rugarama ya I, mu Mudugudu wa Murambi, bahangayikishijwe n’umusore witwa Duse ukomeje kubiba no kubasambanyiriza abana. Abaganiriye na BTN TV dukesha iyi nkuru, bavuze ko uyu musore w’igihazi yamaze kubakura umutima bitewe n’iterabwoba akomeje kubashyiraho binyuze mu rugomo akora. Umuturage…
Guverineri akurikiranyweho icyaha cyo kwiha akabyizi ku munyeshuri wiga muri Kaminuza amufashe ku ngufu
•
Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania aravuga ko Guverineri Dr Yahya Nawanda w’imyaka 46 y’amavuko, wayoboraga Intara ya Samiyu yatawe muri yombi na Polisi akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umunyeshuri wiga muri Kaminuza yo mu Mujyi wa Mwanza. Iyi nkuru yamenyekanye mu minsi yashize itangajwe n’Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Mwanza, Mutafungwa…