The Hotel Rwanda movie star, Paul Rusesabagina was sentenced to 25 years in prison
•
The court on Monday sentenced Paul Rusesabagina to 25 years in prison and Nsabimana Callixte Sankara to 20 years in prison, after convicting them of various crimes related to terrorism. . Paul Rusesabagina sentenced to 25 years in prison . Callixte Nsabimana, identified as Sankara, was sentenced to 20 years in prison …
Umutoza Pochettino yahishuye ibyo yabwiwe na Messi nyuma yo kumusimbuza akarakara ndetse akanga kumusuhuza
•
Umutoza wa Paris Saint-Germain, Mauricio Pochettino, ashimangira ko nta kibazo kiri hagati ye na Lionel Messi nyuma y’uko uyu wahoze ari umukinnyi w’icyamamare muri Barcelona atishimiye uko yasimbujwe ku mukino wa Lyon. Uyu mukinnyi watsindiye Ballon d’or inshuro esheshatu yakinnye umukino we wa mbere abanje mu kibuga i Parc des Princes ku mugoroba…
Paul Rusesabagina yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 naho Sankara akatirwa 20
•
Urukiko kuri uyu wa Mbere rwakatiye Paul Rusesabagina igifungo cy’imyaka 25 na ho Nsabimana Callixte Sankara rumukatira imyaka 20, nyuma yo kubahamya ibyaha bitandukanye bifitanye isano n’iterabwoba. . Paul Rusesabagina yakatiwe gufungwa imyaka 25 . Nsabimana Callixte wiyise Sankara yakatiwe gufungwa imyaka 20 Kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Nzeri ni…
Urukiko rumaze gutangaza ko Paul Rusesabagina na sankara bahamwa n’ibyaha baregwa
•
Mu gihe hategerejwe umwanzuro w’urukiko kuri uyu wa 20 Nzeri 2021, Urukiko Rukuru rwasanze Paul Rusesabagina ahamwa ‘icyaha cyo kuba mu itsinda ryagize uruhare mu bitero by’iterabwoba byagabwe ku butaka bw’u Rwanda hagati ya 2018 na 2019. . Urubanza rwa Paul Rusesabagina na bagenzi be rurimo gusomwa . Urukiko rwemeje ko Rusesabagina Paul…
Ubwongereza bufata kimwe gukingirwa no kudakingirwa Covid-19 ku muntu uturutse muri Afurika
•
Guverinoma y’u Bwongereza tariki ya 17 Nzeri 2021 yatangaje amabwiriza mashya yo kwirinda no kurwanya icyorezo cya Covid-19, by’umwihariko ajyanye n’ingendo z’abaturuka mu bindi bihugu bajyayo. . Mu Bwongereza uwakingiriwe covid-19 muri Afurika azajya afatwa nk’utarakingiwe Muri aya mabwiriza, u Bwongereza bwavuguruye urutonde rutukura bushyiraho ibihugu byugarijwe cyane n’iki cyorezo, bukarushingiraho rushyiriraho abaturukamo…
Jose Chameleone yitandukanyije na NUP ishyaka rya Bobi Wine nyuma yo gubabwa imodoka nziza na Museveni
•
Umuhanzi Jose Chameleone wigeze kwiyamamariza kuba Meya wa Kampala agatsindwa, yatangaje ku mugaragaro ko ari umuyoboke wa nyawe w’ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda, nyuma yo kwakira imodoka nshya yo mu bwoko bwa Range Rover yahawe n’iri shyaka ngo yitandukanye n’ishyaka NUP rya Bobi Wine. . Umuhanzi Jose Chameleone yahawe imodoka ihenze na…