Abantu 17 bari mu bukwe bakubiswe n’inkuba barapfa
•
Abantu batari munsi ya 17 mu bari mu birori by’ubukwe bapfuye muri Bangladesh nyuma y’uko bakubiswe n’inkuba, nkuko abategetsi babivuze. Abandi 14, barimo n’umugabo wakoze ubukwe, bakomeretse. Umugeni ntabwo yari ari muri ibyo birori. Abari muri uwo munsi mukuru bari barimo basohoka mu bwato mu mujyi wa Shibganj ukora ku mugezi, bajya mu…
Dore ibimenyetso 7 bizakwereka ko vuba cyane umukunzi wawe agiye kugusimbuza undi! Igengesere
•
Imibanire y’abantu ubusanzwe si ikintu cyo kwizera ngo wumve utuje. Iteka ukwiriye kujya ukoresha neza amahirwe ufite ku muntu ariko ukanagenzura niba uri kwitwara neza kandi ukirinda gukinwa. Muri iyi nkuru tugiye kukubwira ibimenyetso 7 bizakwereka ko uwo muntu muri kumwe vuba cyane agusimbuza undi. . Ibimenyetso biranga urukundo ruri mu marembera . Umukunzi…
Dore impamvu uhorana amarira adashira kandi ufite umukunzi
•
Iteka umuntu ahorana icyifuzo cyo kuzakundana n’umuntu uzamuha ibyishimo byose ndetse akamukunda. Kwikunda ntabwo bimara igihe kandi ntabwo biba bihagije. Urukundo ni rwiza ariko ruzagusaba imbaraga no kumenya neza ko wabonye icyo wifuzaga. Bizarenga kuba urebera inyuma. Urukundo rw’ukuri rugendera ku bifatika. . Impamvu ubaho nk’udafite umukunzi kandi umufite . Impamvu uhora urira…
Abakobwa: Imbere yawe hahagaze abasore 2: uw’ubu n’uwa burundu. Iyi nkuru iragufasha kubasobanukirwa bityo umenye amahitamo yawe
•
Umuntu ugukinisha azakoresha imbaraga ze, kugeza amenye ko wahindutse agakombe ke k’icyayi (Kugeza amenye ko igihe agushakira azajya akubona), ubundi akagukoresha ibyo ashaka. Iyi nkuru iraguha ishusho ndetse igufashe no guhitamo umukunzi. . Uko Watandukanya Umusore W’iraha N’umusore Ugukunda By’ukuri . Umukunzi w’akanya gato n’umukunzi w’ibihe byose . Umusore ugukunda by’ukuri n’ukuryarya …
Umujenerali wirukanwe na Ethiopia akaba ayizengereje bwa mbere yagize icyo atangaza
•
Umukuru w’inyeshyamba zo mu Karere ka Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia, Gen Tsadkan Gebretensae, kuva yatangira kuyobora imirwano yagize icyo atangaza, yemeza ko bazakomeza kurwana kugeza hubahirijwe ibyo basaba kugira ngo agahenge kabeho. Gen Tsadkan Gebretensae, w’imyaka 68, yavuze ko izi nyeshyamba akuriye zishaka guhatira leta ya Ethiopia gukuraho uruzitiro rubuza imfashanyo n’abantu kwinjira…
Imyaka 37 irashize Sankara ahinduye icyari Haute Volta Burkina Faso, menya impamvu n’uko uyu munsi wizihizwa
•
Imyaka 37 Thomas Sankara ahaye icyahoze ari Haute-Volta izina rya Burkina Faso, bisobanuye “. Uku guhindura izina ry’igihugu ku mugaragaro cyari ikimenyetso gikomeye cyo guca ukubiri n’ahahise ha gikoloni no gusobanura intego z’impinduramatwara ya Sankara. “Mu itegeko ryo ku ya 2 Kanama 1984, Kapiteni Thomas Sankara, yifuzaga guhanagura” amateka y’ahahise n’ubukoloni bushya “, ahindura…