-
Dore uburyo bworoshye bwagufasha kumenya niba utwite umuhungu cyangwa umukobwa mbere yo kubibwirwa n’abaganga
•
Kumenya igitsina cy’umwana utegereje kwibaruka ni ingenzi cyane mu rwego rwo gutegura ibyo azakenera byose yaba ari mu mibereho ndetse n’ibyo azambara. Kwa muganga hari uburyo bukoreshwa bwa ultrasound ukaba wamenya igitsina cy’umwana uzabyara, hagati y’ibyumweru 16 na 20 kwa muganga bashobora gukoresha ibyuma byabugenewe bakamenya neza igitsina uzabyara, iyo bitagaragara neza bisaba…
-
Umugabo yatorotse Polisi anatwara ipingu ryayo none arahigishwa uruhindu
•
Polisi mu karere ka Musanze iri guhigisha uruhindu umugabo witwa Bizimana Anselme, nyuma yo gutoroka kasho yayo iri kuri Sitasiyo ya Remera aho yari amaze iminsi afungiye. BWIZA dukeshya iyi nkuru ivuga ko kuwa Kane w’icyumweru gishize Bizimana yatawe muri yombi, ajya gufungirwa kuri Sitasiyo ya Remera mu gihe hari hagitegerejwe ko ashyikirizwa Urwego…
-
Umuhanzi Kitoko yavuze ku mukunzi we anahishura ko yitegura kurushinga vuba – AMAFOTO
•
Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu Bwongereza, Kitoko Bibarwa, bwa mbere yavuze ku mukunzi we bitegura kurushinga anahishura igihe ubukwe bwe buzabera. Umuhanzi Kitoko ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bamaze igihe kitari gito mu muziki nyarwanda ndetse bafite abakunzi batari bake bakunda ijwi rye ry’umwimerere. Uretse ijwi rye riremereye riryohera amatwi y’abatari bacye, uyu musore…
-
Birababaje: Umwarimu yakubise umwana arapfa nyuma yo gusubiza nabi ikibazo yari amuhaye
•
Abantu benshi batandukanye barimo ibyamamare ku isi basabiye ubutabera umukobwa witwa Michelle ufite imyaka 8 wishwe n’umwarimu we nyuma yo kumubaza ikibazo ariko ntagisubize neza umwarimu we akamukubita mu mutwe agahita yitaba Imana. Ibi byabereye mu gihugu cya Kenya aho umukobwa w’imyaka umunani witwa Michelle yari abajijwe ikibazo n’umwarimu we maze akagisubiza mu…
-
Umuhanzi Gabiro Guitar, Dj Theo na Producer Niz beats bakoze impanuka
•
Umuhanzi Gabiro Guitar yakoze impanuka y’imodoka,ari kumwe na Producer Niz Beats na DJ Theo barokotse impanuka ikomeye y’imodoka barimo,ubwo berekezaga i Gikondo. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 26 Nyakanga 2021 i Nyamirambo kuri 40, ku muhanda umanuka Rwampala, aho imodoka yabo yarenze umuhanda igashaka kwinjira mu rugo…
-
Ntibisanzwe: Umwana w’imyaka 10 yakoreye se ibyo yari amaze gukorera nyina amuhohotera bimuviramo gupfa
•
Polisi mu Karere ka Rukungiri muri Uganda iri mu iperereza ku rufu rw’umugabo w’imyaka 33 bivugwa ko yishwe n’umuhungu we w’imyaka 10 nyuma y’amakimbirane yabanje kubera mu rugo hagati y’umugabo n’umugore we. Umugabo wishwe ni uwitwa Pius Tugumisirize, wari utuye mu Mudugudu wa Rwesero, ubarizwa muri Paruwasi ya Kikarara, mu Murenge wa Bwambara, ho…