•
Dore Isambu Nini Ahantu heza Hagezweho Igasogi Mu muji Wa Kigari. Isambu Ifite Ubuso 15426 Kandi Iri ahantu Hubatse Amazu Meza Akarusho Iri Muri R1 Ikaba Igurishwa miliyoni 450RWF(Miriyoni Maganane). Duhamagare cyangwa utwandikire kuri iyi nimero: 0788328340
•
Amazu Meza Cyane Akodeshwa Arimo Ibintu Byose Kandi Byiza Bishyashya kandi Bigezweho: . Ibitanda Byiza . Intebe Nzaza . Amashuka Agezweho . Amasahani Meza Inzu nini: Mbese Naba Ugezeyo Ukirebera Inzu Nini Ifite Ibyumba Bine Toilette enye. Mbese Buricyumba Gifite Toilette Ikaba Ikodeshwa 1000$ Inzu nto: Ifite Ibyumba Bibiri Bini Toilette Zibiri Buricyumba Gifite…
•
Umutekano wahungabanye mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2025, ubwo umusirikare wo mu mutwe ushinzwe kurinda Perezida yarasaga akica abasirikare batatu b’itsinda rya PM (Police Militaire). Ibi byabaye mu masaha ya saa tatu za mu gitondo, ahabereye ubwicanyi bukomeje gutera impungenge abatuye…
•
Mu gihe intambara hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro mu kurwanya AFC/M23 ikomeje gukara, amakuru mashya aturuka mu misozi ya Mulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko drone ya FARDC yashatse kugaba igitero ariko ikaraswa n’abasirikare ba AFC/M23. Amakuru ya ITYAZO atangwa n’abaturage n’abari…
•
Baravuga ngo ubonye umugore mwiza aba abonye ikintu cyiza ndetse ngo burya nubona umugabo mwiza ukwiye ujye umenya ko inyuma ye hari umugore mwiza n’ubwo utamubona. Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura aho uhera umusaba urukundo ngo wigarurire umutima we. Aha rero hari inama abahanga mu…
•
ICT Teacher Kigali, Rwanda Overview Pharo Foundation is a mission-driven, impact-oriented organisation that designs, funds, and operates economic development programmes to achieve its vision of a vibrant, productive, and self-reliant Africa. The Foundation drives its impact through two key approaches: Pharo Foundation is actively building its portfolio in Rwanda and is committed to expanding…
•
Inzu Nziza Igurishwa Kubashaka Gutura heza Ibyumba Bine Toilette Enye. Ni ukuvuga Buri cyumba Gifite Toilette Yacyo Cuisine Nziza Ikaba Iherereye Rusororo Hariya Hafi Y’intare Neza Kuri Kaburimbo Yubakishije Amatafari Ahiye Yose Ikaba Ishaka 220M. Duhamagare kuri iyi nimero: +250 788 966 717 Reba amafoto hano
•
Ubusanzwe bimwe mu birori umuntu yishimira cyane iyo ari ku isi ni umunsi w’ubukwe bwe. Ibi akenshi binaterwa n’uko ukora ubukwe aba yaragize uruhare mu kubitegura no guhitamo uwo bazabana akaramata. Iyo rero witegura ubukwe, ntuba wifuza ko ibyishimo bizasigara mukidari, uba ushaka uwo muzabana ubuzima bwanyu mwishimanye. Ibi rero bigira inkomoko kuko ntuzabona…
•
Tangawizi isangwa henshi mu ngo zacu ndetse tuyifashisha cyane mu kwivura indwara zimwe na zimwe ariko nubwo igira akamaro kanini hari abantu batemerewe kuyikoresha kuko yagira ingaruka mbi ku buzima bwabo aho kubakiza. Tangawizi, umuti ukomeye cyane kandi w’umwimerere Tangawizi yifashishwa mu kuvura inkorora, ibicurane na bumwe mu burwayi bwo mu muhogo.Tangawizi yongerwa mu…
•
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo bagaragazamo amarangamutima. 1. Aragukebura Mu Kinyarwanda baca umugani ngo ntawigira kandi ngo ntamugabo umwe. Abasore bagira ingeso zimwe na zimwe zitari nziza. Hari izo umusore aba yaravukanye ari kamere ye cyangwa izo…