by
Author: emmy

RIB yaburiye abasesengurira imanza ku mbuga nkoranyambaga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwaburiye abakoresha imbuga nkoranyambaga biharaje ibyo gusesengura imanza, basabwa kwigira ku bagiye babyishoramo bikarangira bitabaguye neza. Ibi byagarutsweho n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, ubwo…
by

Rubavu: Umusore yarashwe arapfa abandi 20 barakomereka
Umusore w’imyaka 20 witwaga Kadogo wo mu Karere ka Rubavu yarashwe arapfa, abandi barafatwa ubwo bageragezaga kurwanya Abapolisi bari mu kazi ko kurwanya ubucuruzi butemewe buzwi nka magendu. Ibi byabereye…
by

Ni njye wikuriyemo ikariso – Ubuhamya buri mukobwa wese akwiye gusoma
Ngiye kubagezaho ubuhamya bw’umukobwa ugira inama bagenzi be, kudakuramo ikariso. Ubu buhamya nabuvanye ku rubuga rwa africanspotlight.com. Nasanze hari benshi muri bashiki bacu byagirira akamaro cyane abiga za kaminuza. Uyu…
by

Kuva imyuna biterwa n’iki? Icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa ubikire igihe bikubayeho
Bigeze bakubeshya ngo kuva imyuna biterwa no gutekereza cyane? Mbese ngo ni wowe utekereza kurusha abandi. Cyangwa se bakakubwira ko biterwa n’uko amaraso aba yanduye agasohoka ngo hasigare asukuye. Ibyo…
by

Goma: FARDC yari igiye kwica abayobozi ba AFC/M23 umukozi wa Loni aba igitambo
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero cya drone mu gace ka Himbi gaherereye mu mujyi wa Goma, cyari…
by

Trump afata Minisitiri w’intebe wa Canada nk’umukozi wa Amerika muri iki gihugu
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ushaka kwiyomekaho Canada yavuze Minisitiri w’Intebe wayo, Mark Carney, ari Guverineri w’ahazaza w’igihugu cye. Ibi yabigarutseho ku wa 10 Werurwe 2026…
by
















