Abubatse: Dore iminota utagomba kurenza utera akabariro. Niba uyirenza uri mu kaga gakomeye
Ubushakashatsi buheruka gukorwa bwerekanye igihe nyacyo abatera akabariro bishimira kumara muri iki gikorwa, hagaragazwa n’igipimo cy’abagera ku byishimo bya nyuma mu gihe cyo gutera akabariro. Ubushakashatsi bwakorewe ku bantu 4.400 bo mu Bwongereza n’urubuga lovehoney bwahishuye byinshi bikunda gushyira bamwe…
Dore ibintu 3 ukorera umugore buri joro akazarinda yipfira ataguciye inyuma
Kubwira umugore wawe ko umukunda si byo ukwiye gukora gusa kugirango urugo rukomere. Ugomba kuba witeguye kumwereka urukundo ukora ibikorwa bimwe na bimwe bituma agenda arushaho kugukunda. Dore ibintu 3 byoroshye wakorera umugore wawe buri joro bigatuma abona ko umukunda…
Uko wakwikorera umuti wongerera ingufu umugabo mu gutera akabariro(vi****gra) w’umwimerere. Nta ngaruka utera kandi biroroshye
Viagra niwo muti uvura uburemba wabaye gikwira kuko niwo wabanje kugera ku isoko. Viagra ikaba ariyo Sildenafil. Gusa siyo yonyine ikoreshwa mu kuvura uburemba kuko hari na Levitra, Cialis n’indi itandukanye. Nubwo iyi miti ikoreshwa mu kuvura uburemba, ariko hari…
Maroc ibaye ikipe imwe rukumbi ya Afurika yinjiye muri 1/4 cy’igikombe cy’isi Qatar2022
Hitabajwe penariti ikipe y’igihugu ya Espagne yatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Morocco ihagarariye umugabane w’Afuruka, mu mikino ya 1/8 mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka kiri kubera muri Qatar. Mu mukino watangiye gukinwa saa kumi n’imwe kuri Education City Stadium, ikipe y’igihugu…
Dore amabanga 18 yagufasha gushimisha umugore wawe mu buriri iri joro ntazigere aryibagirwa
Kunezeza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina si imbaraga nyinshi, si ukuba wanyoye inzoga nyinshi, si ukuba yariye inkoko cyangwa ifi ngo ananywe inzoga ihenze cyangwa se ibindi yishimiye, ahubwo dore ibyo usabwa kugira ngo anyurwe. 1. Icya mbere ni…
MissRwanda2022: Dore uburanga bw’abakobwa 5 barusha abandi amajwi mu gihe habura amasaha make ngo hamenyekane uwegukana ikamba – AMAFOTO
Ku ya 26 Gashyantare 2022 nibwo habaye ijonjiora ryo gutoranya abakobwa 20 bagomba kujya mu mwiherero wa nyuma wa Miss Rwanda 2022, bavuye muri 70 bari batoranyijwe mu Ntara 4 n’Umujyi wa Kigali, muri aba bakobwa 20 umwe yarasezeye hasigaye…
Dore amagambo 8 abantu bakoresha bakuryarya ntubimenye cyangwa ntubihe agaciro kandi bikwangiriza ubuzima
Ijambo kuryarya nta hantu na hamwe rihurira n’ikintu cy’ukuri. Iri jambo rikunze gukoreshwa bitewe n’uko umuntu ari kwitwara kuri mugenzi we, nk’iyo ari kukuryarya afite icyo agushakaho. Muri iyi nkuru urasangamo andi magambo abantu bakoresha mu buryo bubi bagambiriye inabi…
Ibintu 7 byangiza cyane umutima ukwiye kwirinda harimo n’ibifatwa nk’ibisanzwe
Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye…
Umusifuzi w’umugore ufite uburanga budasanzwe asifurira abagabo bakamurangarira[AMAFOTO]
Umugore witwa Akhona Makalima n’umwe mu basifuzi bari kuzamuka cyane mu mupira w’amaguru w’afurika gusa uburanga bwe bukomeje gutuma amenyekana cyane. Uyu mugore w’imyaka 32 aheruka gusifura umukino wa Cosafa uherutse guhuza Zambia na Lesotho kuwa Kane. Uyu…