Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Rwanda akaba ari n’umugore wa The Ben yakoreye ibirori by’agatangaza i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.
Ni mu gihe uyu mu gore yerekeje I Washington DC muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, asanzeyo umugabo we The Ben wamaze kugerayo aho bitariye RWANDA Day.
Uwicyeza Pamela akigerayo yahise ahakorera ibirori byo kwizihoza umunsi we w’amavuko.
Soma n'iyi: The Ben abwiye amagambo akomeye umugore we, Uwicyeza Pamella wizihiza isabukuru ya mbere nyuma yo kurushinga
Reba amafoto.
Total Comment 0