by
Category: Editorial Picks

Leta ya Congo yatangiye kwikanga AFC/M23 mu ntara ya Katanga
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko ihangayikishijwe n’ishingwa ry’umutwe w’inyeshyamba wagaragaye mu ntara ya Haut-Katanga yo mu majyepfo ya kiriya gihugu. Mu nama y’Abaminisitiri yabereye i Kinshasa…

Igisobanuro cya Fossette ndetse n’uko abazifite bitwara
Ubusanzwe Fossette ni nk’akarango k’ubwiza bukurura abantu ku bagafite, benshi bavuga ko turiya twobo tuza ku matama akenshi iyo umuntu asetse, ngo ni ikimenyetso Imana iba yarashyize kuri abo bantu…
by

Wari uzi ko hariho ibiti bigenda? Sobanukirwa n’ibi bitangaza
Mu bilometero ijana uvuye mu murwa mukuru wa Ecuador ukagera mu ishyamba rya Amazon, uhasanga ibiti bigenda byitwa Socratea exorrhiza. Hoya, ntabwo uzahura na byo bivuye gushoka cyangwa se guhiga…
by

WRC Safari Rally: Imodoka ya Kalimpinya yakuwe muri Shampiyona Nyafurika
Umunsi wa mbere wa WRC Safari Rally wagoye Abanyarwanda, aho wasize imodoka imwe ivuye mu irushanwa, iya Queen Kalimpinya itari yujuje ibisabwa ikurwa muri Shampiyona Nyafurika isigara muri Shampiyona y’Igihugu,…
by

Rubavu: Umusore yarashwe arapfa abandi 20 barakomereka
Umusore w’imyaka 20 witwaga Kadogo wo mu Karere ka Rubavu yarashwe arapfa, abandi barafatwa ubwo bageragezaga kurwanya Abapolisi bari mu kazi ko kurwanya ubucuruzi butemewe buzwi nka magendu. Ibi byabereye…
by

Amerika yafatiye ibihano igisirikare cy’u Rwanda RDF ndetse na ba Jenerali bacyo 4
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane. Ishami rya Minisiteri y’imari…
by

Ibitero bya Amerika na Israel kuri Iran byahinye uwigeze kuba perezida wayo
Mahmoud Ahmadinejad wabaye Perezida wa Iran yishwe n’ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, byagabye ku gihugu cye. Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo wayoboye Iran hagati ya 2005 na 2013,…
by

Wari uzi ko ushobora kuba ingumba utarabivukanye! Dore umwanzi ukomeye w’intangangabo umugabo wese akwiye kwirinda
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza….
by














