by
Category: Urukundo
Inkuru zijyanye n’urukundo, inama n’ibitekerezo

Ibintu 5 abasore batazi ko ari ingenzi cyane mu kwigarurira umutima w’umukobwa ukunda
Ni benshi bakora iyo bwabaga ngo bigarurire imitima y’abakobwa bihebeye gusa ntibibakundire kuko babikora nabi cyangwa babyitwaramo nabi. Mu by’ukuri kugira ngo wigarurire umutima w’umukobwa ntibisaba imbaraga nyinshi cyangwa amafaranga…
by

Dore ibimenyetso 10 byakwereka umukobwa akwiyumvamo
Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. K’utabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo…
by

Dore ibintu 10 wakorera umukunzi wawe akazahora akwirahira
Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe n’uwo…
by

Dore ibintu 3 umugabo akorera umugore we akazarinda yipfira atamuciye inyuma
Kubwira umugore wawe ko umukunda si byo ukwiye gukora gusa kugirango urugo rukomere. Ugomba kuba witeguye kumwereka urukundo ukora ibikorwa bimwe na bimwe bituma agenda arushaho kugukunda. Uyu munsi tugiye…
by

Niba ujya urota ukora imibonano uragowe. Sobanukirwa
“Niba ujya urota ukora imibonano mpuzabitsina uragowe” Sobanukirwa inzozi zo kurota ukora imibonano mpuzabitsina, umenye ikibitera n’ingaruka zabyo n’uburyo wabyirinda. Kuri iyi Si biragoye kubona umuntu utararota akora imibonano mpuzabitsina…
by

Si ngombwa ko umufata! Dore ibimenyetso 7 byibanze byakugaragariza ko umugore wawe aguca inyuma
Ubundi kera byabagaho gake kumva umugore uca inyuma umugabo we, ariko muri iki gihe nabyo byabaye ibintu bisanzwe; akenshi iyo umugore wawe aguca inyuma, hari ibintu byinshi bihinduka kuri we…
by

Ni njye wikuriyemo ikariso – Ubuhamya buri mukobwa wese akwiye gusoma
Ngiye kubagezaho ubuhamya bw’umukobwa ugira inama bagenzi be, kudakuramo ikariso. Ubu buhamya nabuvanye ku rubuga rwa africanspotlight.com. Nasanze hari benshi muri bashiki bacu byagirira akamaro cyane abiga za kaminuza. Uyu…
by

Abasore: Dore abakobwa udakwiye gukinisha gushakana nabo
Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye…
by

Abasore: Dore ibimenyetso 10 byakwereka ko umukobwa yagukunze
Bimwe mu bintu bigora umukobwa n’ugufata iya mbere akabwira umuhungu ko amukunda gusa kwihishira bikabagora bitwe n’uko guhisha amarangamutima yabo nabyo bibagora. 1. Yumva mwahorana: Nkuko hagati y’abantu bakundana bigenda,umukobwa…
by













