RDC: Zabyaye amahari hagati y’ingabo z’u Burundi n’abo bafatanya mu guhangana na M23
Uko intambara ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amwe mu makuru atangiye gusohoka agaragaza isura idasanzwe y’imibanire y’abafatanyabikorwa ba Leta ya RDC. Mu gihe M23 ikomeje gukaza umuvuduko, bamwe mu barwanyi b’imitwe yitwaje intwaro…
Ibintu 8 byagufasha kuba umuherwe ukoresheje umushahara uhembwa – Warren Buffet – Part I
Warren Buffet ni umuherwe w’umunyamerika ufite imyaka 94 kuko yavutse mu mwaka w’1930. Buffet abarirwa umutungo ungana na miliyari 154 z’amadorari ya Amerika bimushyiraku mwanya wa gatanu ku rutonde rw’abantu bakize kurusha abandi ku isi. Nubwo uyu mukambwe akize kugeza…
Biratangaje: Umubyeyi ari mu byishimo bikomeye byo kubyara umwana w’umukobwa nyuma y’uko atewemo nyababyeyi y’umuvandimwe we
Mu Bwongereza, habayeho ibyiswe igitangaza aho Umwana wa mbere yavutse ku mugore wahawe nyababyeyi y’umuvandimwe ndetse uwo mwana yiswe Amy, izina ry’uwo muvandimwe wahaye wa nyina nyababyeyi. Grace Davidson, w’imyaka 36, yavukanye indwara idasanzwe yitwa MRKH ituma umugore atagira nyababyeyi,…
Bwa mbere M23 na Leta ya Congo bahuriye mu biganiro
Umutwe wa M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu cyumweru gishize bahuriye i Doha muri Qatar, iba inshuro ya mbere impande zombi zari zicaranye kuva intambara zihanganyemo yongeye kubura. Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza bivuga ko ibiganiro bya…
Ambasaderi wa Israel yasohowe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia Avraham Neguise yasohowe mu muhango wa kwibuka ku ncuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye ku kicaro gikuru cy’umuryango w’Ubumwe bwa Afurika giherereye muri Ethiopia. Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika ukomoka muri Djibuti,…
Ububirigi bwashatse kwikura mu isoni buvuga impamvu bwatereranye Abatutsi mu gihe cya Jenoside
Leta y’u Bubiligi yagerageje kwikura mu isoni ku mpamvu yatereranye Abatutsi ubwo bakorerwaga Jenoside kuva muri Mata kugeza muri Nyakanga 1994. Alain Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango MSF w’abaganga batagira umupaka, aherutse gusobanura ko igihugu cyabo cyari…
Perezida Kagame yavuze ikimuhangayikisha kurusha ibihano amahanga akangisha gufatira u Rwanda
Taliki ya 7 Mata 2025 nk’uko bisanzwe wari umunsi wo gutangira icyumweru cy’icyunamo n’ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Perezida Kagame akaba yagarutse ku bihugu bikomeye bimaze iminsi bikangisha u Rwanda kurufatira ibihano. Perezida…
Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ – Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
Perezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’ Yabitangarije mu…
Gicumbi: Umukobwa yitwikiriye ijoro yiba inka ajya kuyikwa umusore bateganya kubana
Mu murenge wa Muko, Akarere ka Gicumbi, habaye igikorwa cy’agashya nyuma y’uko umukobwa witwa Mukanyonga Laurence yibye inka ababyeyi be, akazijyana ku rwihisho mu ijoro, aho yasanganirwa n’abari ku irondo ayishyiriye umusore bakundana, Sekamana, uzwi ku izina rya Gafotozi. …
Bugesera: Harashakishwa abishe uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu ijoro rya tariki 04 Mata 2025, mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, hiciwe umubyeyi warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, atewe ibyuma n’ibindi bikoresho gakondo, iperereza rikaba rikomeje ngo abo bagizi ba nabi…