Latest post

Joseph Kabila wari warahunze yavuze ko agiye kugaruka mu gihugu no kwinjira mu cyibazo cy’intambara imaze kuyogoza RDC aca amarenga yo kwiyunga kuri M23

Share this:

Mu gihe igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) gikomeje kunyura mu bihe bikomeye by’umutekano muke, amakuru atunguranye yongeye guhungabanya imbago za politiki muri icyo gihugu.   Uwahoze ari Perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange, yatangaje ko agiye guhita…

Share this:
Posted on

RDC: Zabyaye amahari hagati y’ingabo z’u Burundi n’abo bafatanya mu guhangana na M23

Share this:

Uko intambara ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amwe mu makuru atangiye gusohoka agaragaza isura idasanzwe y’imibanire y’abafatanyabikorwa ba Leta ya RDC.   Mu gihe M23 ikomeje gukaza umuvuduko, bamwe mu barwanyi b’imitwe yitwaje intwaro…

Share this:
Posted on

Ibintu 8 byagufasha kuba umuherwe ukoresheje umushahara uhembwa – Warren Buffet – Part I

Share this:

Warren Buffet ni umuherwe w’umunyamerika ufite imyaka 94 kuko yavutse mu mwaka w’1930. Buffet abarirwa umutungo ungana na miliyari 154 z’amadorari ya Amerika bimushyiraku mwanya wa gatanu ku rutonde rw’abantu bakize kurusha abandi ku isi. Nubwo uyu mukambwe akize kugeza…

Share this:
Posted on

Biratangaje: Umubyeyi ari mu byishimo bikomeye byo kubyara umwana w’umukobwa nyuma y’uko atewemo nyababyeyi y’umuvandimwe we

Share this:

Mu Bwongereza, habayeho ibyiswe igitangaza aho Umwana wa mbere yavutse ku mugore wahawe nyababyeyi y’umuvandimwe  ndetse uwo mwana yiswe Amy, izina ry’uwo muvandimwe wahaye wa nyina nyababyeyi. Grace Davidson, w’imyaka 36, yavukanye indwara idasanzwe yitwa MRKH ituma umugore atagira nyababyeyi,…

Share this:
Posted on

Bwa mbere M23 na Leta ya Congo bahuriye mu biganiro

Share this:

Umutwe wa M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu cyumweru gishize bahuriye i Doha muri Qatar, iba inshuro ya mbere impande zombi zari zicaranye kuva intambara zihanganyemo yongeye kubura. Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza bivuga ko ibiganiro bya…

Share this:
Posted on

Ambasaderi wa Israel yasohowe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi

Share this:

Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia Avraham Neguise yasohowe mu muhango wa kwibuka ku ncuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye ku kicaro gikuru cy’umuryango w’Ubumwe bwa Afurika giherereye muri Ethiopia. Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika ukomoka muri Djibuti,…

Share this:
Posted on

Ububirigi bwashatse kwikura mu isoni buvuga impamvu bwatereranye Abatutsi mu gihe cya Jenoside

Share this:

Leta y’u Bubiligi yagerageje kwikura mu isoni ku mpamvu yatereranye Abatutsi ubwo bakorerwaga Jenoside kuva muri Mata kugeza muri Nyakanga 1994. Alain Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango MSF w’abaganga batagira umupaka, aherutse gusobanura ko igihugu cyabo cyari…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yavuze ikimuhangayikisha kurusha ibihano amahanga akangisha gufatira u Rwanda

Share this:

Taliki ya 7 Mata 2025 nk’uko bisanzwe wari umunsi wo gutangira icyumweru cy’icyunamo n’ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Perezida Kagame akaba yagarutse ku bihugu bikomeye bimaze iminsi bikangisha u Rwanda kurufatira ibihano. Perezida…

Share this:
Posted on

Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ – Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho

Share this:

Perezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’ Yabitangarije mu…

Share this:
Posted on

Gicumbi: Umukobwa yitwikiriye ijoro yiba inka ajya kuyikwa umusore bateganya kubana

Share this:

Mu murenge wa Muko, Akarere ka Gicumbi, habaye igikorwa cy’agashya nyuma y’uko umukobwa witwa Mukanyonga Laurence yibye inka ababyeyi be, akazijyana ku rwihisho mu ijoro, aho yasanganirwa n’abari ku irondo ayishyiriye umusore bakundana, Sekamana, uzwi ku izina rya Gafotozi.  …

Share this:
Posted on