USA: CIA yashyize hanze amabanga ku rupfu rwa Adolf Hitler
Adolf Hitler benshi bamwize mu ishuri abandi babyumva ahantu hatandukanye ko uwari umuyobozi w’Ishyaka ry’aba-Nazi yapfuye yiyahuye aho bivugwa ko yanze kumanika amaboko ngo afatwe ahubwo agahitamo kwirasa umurambo we uhita ujugunywa muri aside n’abasirikare be. Mu 1945 u Budage…
Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yasezeweho bwa nyuma
Kuri uyu wa 10 mata 2025,nibwo umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma mu karere ka Rulindo. Ni umuhango yabimburiwe n’igitambo cya Misa cyaturiwe muri paruwasi ya Rulindo,cyayobowe na Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda Arikiyepisikopi wa Arikidiyosezi…
Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8
Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko ryamaze kwambura M23 uduce umunani two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru avuga ko ingabo za Leta zigaruriye turiya duce two muri Chefferie ya Buhavu ho muri Teritwari…
Huye: Impanuka y’imodoka yahitanye umushoferi, abagenzi benshi barakomereka
Impanuka y’imodoka itwara abagenzi yabereye mu karere ka Huye ku wa Kabiri tariki ya 8 Mata yaguyemo umushoferi, na ho abagenzi 22 bayikomerekeramo. Ni impanuka yabaye ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri, ibera mu mudugudu wa Kagarama, akagari ka Tare…
Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa
Nk’uko byatangajwe n’Umunyamakuru wigenga ukora inkuru zicukumbuye, Steve Wembi, Ihuriro rya AFC/M23 haba hari ibyo risaba mbere yo kugirana imishyikirano iyo ari yo yose na Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibyo AFC/M23 isaba ni: -Itangazo rya Felix Tshisekedi…
2 Senior Engineer job positions at RBC. Deadline: 17/04/2025
Exams to be conducted 1:PsychometricTest2:Written3:Oral Reports To Medical Technology Division Manager Job responsibilities • Project Management & Coordination: Oversee construction projects from planning to completion, ensuring they meet quality standards, budget, and deadlines. Collaborate with contractors, architects, and engineers. •…
Imyanya 18 y’ubushoferi – 18 Driver Job positions at Bugesera district (BUGESERA DISTRICT). Deadline: 17/04/2025
Exams to be conducted 1:Oral Reports To Director Job responsibilities Assist clients and patients as needed to safely complete the transfer. • Carry out daily checks before starting up the vehicle (oil level; water level; pressure of the tires etc…)…
Nyampinga w’ U Rwanda wishwe muri jenoside yakorewe abatutsi yari muntu ki ? Amateka ya Jeanne Nubuhoro
Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 yahitanye ubuzima bw’inzirakarengane zirenga miliyoni imwe , muri abo harimo abagabo, abagore, abana, abakuze, urubyiruko, ibyamamare, abanyapolitiki, ndetse n’abandi benshi. Mu bambuwe ubuzima bwabo muri jenoside yakorewe abatutsi harimo na nyampinga wa mbere w’u Rwanda…
Teta Sandra yasabye imbabazi ku nyandiko ye yafashwe nk’ipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko amagambo Teta Sandra yanditse ku mbuga nkoranyambaga ari amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ku wa Mbere tariki 07 Mata 2025, ubwo hatangizwaga icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside…
Joseph Kabila wari warahunze yavuze ko agiye kugaruka mu gihugu no kwinjira mu cyibazo cy’intambara imaze kuyogoza RDC aca amarenga yo kwiyunga kuri M23
Mu gihe igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) gikomeje kunyura mu bihe bikomeye by’umutekano muke, amakuru atunguranye yongeye guhungabanya imbago za politiki muri icyo gihugu. Uwahoze ari Perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange, yatangaje ko agiye guhita…