Madedeli wo muri Papa Sava yasezeranye mu mategeko
Umukinnyi wa filime Dusenge Clenia uzwi cyane ku izina rya Madedeli muri filime Papa Sava, yasezeranye imbere y’amategeko na Rugamba Faustin, wahoze ari umukinnyi wa ruhago mu Rwanda. Ubu bukwe bwagizwe ibanga, nta makuru menshi yagiye hanze gusa ariko bivugwa…
Perezida Ndayishimiye yongeye gushimangira umugambi we wo gutera u Rwanda anahishura ikibura ngo arutere
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko afite umugambi wo gutera u Rwanda akagera i Kigali, mu gihe Umujyi wa Bujumbura waba utewe. Ndayishimiye yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na BBC Gahuzamiryango. Iki gitangazamakuru cyasubiyemo amagambo ye avuga ko mu…
Inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC igiye kongera guterana yiga ku bibazo biri muri RDC. Ingingo zizaganirwaho
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungire, yatangaje ko abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye guhura hifashishijwe ikoranabuhanga, hagamijwe kwemeza ibyemezo byafashwe n’inama y’abaminisitiri bo muri iyo miryango mu gushakira igisubizo ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC. Yabigarutseho ubwo…
Gen. Muhoozi yahaye M23 icyumweru kimwe ikaba yafashe Kisangani bitaba ibyo akayifatira
Umugaba Mukuru w’Igisirikare cya Uganda, UPDF, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zitazitambika umutwe wa M23 mu gihe wagira umugambi wo gufata Umujyi wa Kisangani. Gen. Muhoozi Kainerugaba ukunze kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko kandi bibaye…
Kenya: Umudepite yakubitiwe kuri Sitade yagiye kureba umupira
Umudepite wo muri Kenya, Peter Salasya, yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium ubwo yari yitabiriye umukino wahuje Harambee Stars na Gabon mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kuri iki Cyumweru. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza uyu mudepite wo muri…
Hamenyekanye icyafashije Qatar mu guhuza Tshisekedi na Kagame mu ‘Inama ya gicuti’
Ubushyamirane hagati ya Perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame bwari bumaze igihe kirekire butemera ubuhuza ubwo ari bwo bwose, ariko icyatunguranye ni ukubabona bicaye hamwe i Doha, muri Qatar, mu ijoro ryo ku wa kabiri. Perezida Tshisekedi amaze igihe ashinja…
Rutangarwamaboko yanenze Pamella wagaragaje inda y’imfura agiye kubyarana na The Ben
Umupfumu Rutangarwamaboko Nzayisenga Modeste yanenze imyitwarire ya The Ben na Pamella, baheruka gushyira hanze amashusho y’indirimbo nshya y’uyu muhanzi ikagaragaramo umugore we yerekana inda y’imvutsi y’imfura bagiye kwibaruka. Rutangarwamaboko yabigarutseho mu butumwa yacishije ku mbuga nkoranyambaga, aho yanditse avuga ko…
Dore ibisobanuro by’ibimenyetso bikoreshwa mu rukundo
Wigeze kohereza agashusho ku mutima utekereza uti: “Ni byo? Ni cyo kirebana n’ubusobanuro bw’amarangamutima yanjye?” Ibimenyetso by’urukundo ni nk’ubusobanuro bw’amarangamutima, byerekana ibyiyumvo byihariye mu buryo bworoshye bwo kohereza no kwakira. Guhera ku bishushanyo by’imitima byanditse mu bitabo by’abanyeshuri kugeza ku…
Abasore: Ibimenyetso 7 byagucira amarenga ko umukunzi wawe asigaye aguca inyuma
Biragoye cyane kumenya neza niba umukunzi wawe aguca inyuma cyane cyane ko izo ngeso akenshi zitagakwiye ku bakundana cyane cyane ku bakobwa ahubwo zizwi cyane ku bahungu , ariko iyo witonze ukitegereza imyitwarire ye , umukobwa ubasha kumenya neza ko…
Perezida Tshisekedi yagiye mu Burundi mu ruzinduko rwihariye
Perezida wa Repubulika ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, kuri iki cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2024,yagiriye urugendo mu Burundi , aho yahuye na mugenzi we Evaliste Ndayishimiye. Ibiganiro byaba bombi bikaba byabaye mu muhezo, itangazamakuru rikaba ryakumiriwe. Amakuru yashyizwe ku…