Gatsibo: Urupfu rw’umwarimu wari ukiri mu kwa Buki rukomeje kuvugisha benshi
Mu Karere ka Gatsibo,Umurenge wa Gasange haravugwa inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’umwarimu witwa Kanyamugara Wicriff wari umwarimu kuri GS Gategero wapfuye akiri mu kwezi kwa buki. Amakuru dukesha BWIZA avuga ko umuntu wari umuzi neza yatangaje ko, amakuru uyu mwarimu yari…
Bwiza yahaye igisubizo gitangaje uwavuze ko nta Nyash(kibuno) agira
Byabaye kuri uyu wa Gatandatu nyuma yo gushyira hanze integuza y’indirimbo nshya Bwiza yakoranye The Ben. Bwiza na The Ben bitegura gusohora indirimbo yabo nshya bise “Best friend” nyuma yo gusangiza abakunzi babo integuza yayo, umufana wabo wiyise Kazungu Kaboss…
Ukraine: Perezida Zelensky yakuriye inzira ku murima abari bategereje amatora ya Perezida
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye kigomba kubanza kubona amahoro, mbere y’uko haba amatora y’Umukuru w’Igihugu. Ibi Perezida Zelensky yabitangaje nyuma y’uko akomeje gushinjwa kuyobora igihugu binyuranyije n’amategeko kuko manda ye yarangiye muri Werurwe 2024, ariko aza…
Ibitaravuzwe ku ikorwa ry’indirimbo ya Bwiza na The Ben ‘Best friend’
Bwiza yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Best friend’ aho yayifatanyije na The Ben, gusa umushinga wo kuyikora ntabwo wari woroshye kuko byinshi mu byari byateguwe mu ifatwa ry’amashusho yayo byaje guhinduka ku munota wa nyuma. Nk’ubu amakuru…
Uganda: Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi yaburiwe irengero
Col. Dr Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, amaze iminsi yaraburiwe irengero. Amakuru avuga ko uyu mugabo yaburiye i Nairobi muri Kenya aho yari yagiye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, aho yari yitabiriye igikorwa…
Polisi yahakanya amakuru yakwirakwiriye ku mbuga nkorambaga avuga ko Miss Muheto yongeye gutabwa muri yombi
Polisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru y’itabwa muri yombi rya Miss Muheto Divine, nyuma y’amasaha bihwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga. Umuvugizi Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga yabwiye IGIHE ko aya makuru yakomeje gusakazwa ari ibihuha. Miss Muheto na we abinyujije ku…
RDC: Iryinyo rya Lumumba ryari ryagaruwe n’Ububirigi ryaburiwe irengero
Iryinyo rya Patrice Lumumba wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba intwari y’iki gihugu ryibwe, biteza impagarara. Mu ijoro ryacyeye ni bwo iryo ryinyo ryibwe mu nzu ndangamurage y’i Kinshasa aho ryari ribitse. Iryo ryinyo ryibwe…
Gukomeza muri Kaminuza bizajya bisaba umunyeshuri kuba yaratsinze amasomo yose ku kigero cya 50%
Minisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya buzajya bukurikizwa kugirango umunyeshuri yemererwe gukomeza muri Kaminuza. Ni uburyo butegeka ko uzajya wemererwa gukomeza muri kaminuza ari umunyeshuri uzajya utsinda amasomo yose ku kigereranyo cya 50% Ubu buryo butndukanye n’ubwari busanzweho,aho uwemererwaga gukomeza muri…
Rayon Sports yabonye perezida mushya usimbura Uwayezu Jean Fidele
Kuri uyu wa Gatandatu, Twagirayezu Thaddé yatorewe kuyobora ikipe ya Rayon Sports mu myaka ine iri imbere asimbuye Uwayezu Jean Fidele. Ni amatora yabereye mu Nteko Rusange yateraniye mu Nzove kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2024, yagombaga kugena ahazaza ha…
Abakobwa: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda kuko bituma umusore agusuzugura mu rukundo
Muri kamere y’igitsinagabo ntibasanganywe umuco wo gusuzugura abakunzi babo ku buryo bugaragara, ariko hari zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umusore cyangwa umugabo mukundana agusuzugura. Gusuzugura ni igihe umuntu akoze ibintu bibabaza undi muntu ariko bitabaye ku bw’impanuka ahubwo bikozwe ku…