Latest post

Bituma yivamo: Dore ibibazo 8 wabaza umukunzi wawe ukamenya ko yaguciye cyangwa ataguciye inyuma

Share this:

Niba ukeka ko umukunzi wawe aguca inyuma ukaba ushaka kumenya ukuri ariko utiriwe umuhatiriza cyangwa se ngo umutonganye kugira ngo avugishe ukuri nk’uko abantu benshi bigenda bikanarangira batabigezeho kubera uburyo umujinya ubabera inzira ibafungira kumenya ukuri, ushobora wowe gutuma umukunzi…

Share this:

Ruud van Nistelrooy yatandukanye na Manchester United yari amaze iminsi atoza

Share this:

Ikipe ya Manchester United nyuma yo kubona umutoza mukuru Ruben Amorim yamaze gutandukana n’uwari umutoza w’umusigire Ruud van Nistelrooy, ibi bikaba byababaje abakunzi b’iyi kipe. Manchester United yatangaje ko Ruud van Nistelrooy wari umutoza w’umusigire yasezerewe ku mirimo nyuma yo…

Share this:

Botswana: Uwabaye Miss yagizwe Minisitiri w’urubyiruko ku myaka 26

Share this:

Umukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na Miss World Africa 2024, yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko n’Uburinganire muri icyo gihugu. Uyu mukobwa w’imyaka 26, yashyizweho na Perezida mushya w’iki gihugu Duma Boko uheruka gutorerwa…

Share this:

APR FC yabonye umuyobozi mushya, Brig. Gen Deo Rusanganwa

Share this:

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko Brig Gen Deo Rusanganwa ari we ugiye kuyobora iyi kipe by’agateganyo nyuma yo gusezerera uwari usanzwe kuri uyu mwanya Col (Rtd) Karasira Richard. Ibinyujije ku rubuga rwayo, APR FC, yatangaje ko Brig Gen…

Share this:

Umujyanama wa Donald Trump yaburiye Ukraine

Share this:

Bryan Lanza, Umujyanama wa Perezida, Donald Trump, yavuze ko Ukraine ikwiye kugira intego nyayo mu ntambara iyihuza n’u Burusiya kandi igomba kwakira ko agace ka Crimea u Burusiya bwigaruriye itazagasubizwa. Ku wa 9 Ugushyingo, Bryan Lanza yabwiye BBC ko ubuyobozi…

Share this:

Pep Guardiola yatakaje icyizere cyo gutwara Premier League uyu mwaka

Share this:

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yatangaje ko nyuma y’uko abona ibihe arimo bitameze neza, yumva aricyo gihe ngo byibuze indi kipe ibe yabona amahirwe yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona mu Bwongereza. Ibi ni bimwe mu byo uyu mugabo yatangaje…

Share this:

Ni iki cyabaye kuri Pep Guardiola? Manchester City ikomeje gutsindwa umusubirizo

Share this:

Abakunzi ba Manchester City bakomeje kwinubira umusaruro ikipe yabo ikomeje kugira muri aya mezi, benshi bagatangira guhuza ko ingoma y’umutoza n’ubudahangarwa bwe byaba bigeze ku musozo. Ibintu si byiza muri Manchester City, aho umutoza Pep Guardiola arimo gutakaza imikino mu…

Share this:

Rayon Sports ku mwanya wa mbere nyuma yo kwisasira Etincelles

Share this:

Rayon Sports yatsinze umukino w’ikirarane yakinagamo na Etincelles FC igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Fall Ngagne. Ni umukino w’ikirarane cy’umunsi wa karindwi wa Shampiyona utarakiniwe igihe kubera ko Rayon Sports yari ifite abakinnyi benshi mu ikipe y’igihugu. Kuri uyu…

Share this:

Inama y’Abaminisitiri: Dr. Pierre Damien Habumuremyi yahawe imirimo mishya nyuma y’igihe ahawe imbabazi na Perezida Kagame

Share this:

Perezida Kagame yahaye inshingano Dr. Pierre Damien Habumuremyi nk’uko bigaragara mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame. Kuwa Gatandatu tariki 09 Ugushyingo 2024, Inama y’Abamanisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, ifatirwamo imyanzuro inyuranye aho bamwe bahawe…

Share this:

Abakobwa: Ibintu wakorera umusore mukundana ntazigere aguca inyuma

Share this:

Abantu bakunda kuvuga ko nta kintu wakora ngo umukunzi wagambiriye kuguca inyuma ube wabimubuza, ariko se uzi impamvu byibura umuntu afata umwanzuro wo guca inyuma uwo bakundana? Nubwo hari abantu bavuga ko guca inyuma umuntu bishobora kumubera karande ariko si…

Share this: