Inama y’Abaminisitiri: Dr. Pierre Damien Habumuremyi yahawe imirimo mishya nyuma y’igihe ahawe imbabazi na Perezida Kagame
Perezida Kagame yahaye inshingano Dr. Pierre Damien Habumuremyi nk’uko bigaragara mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame. Kuwa Gatandatu tariki 09 Ugushyingo 2024, Inama y’Abamanisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, ifatirwamo imyanzuro inyuranye aho bamwe bahawe…
Abakobwa: Ibintu wakorera umusore mukundana ntazigere aguca inyuma
Abantu bakunda kuvuga ko nta kintu wakora ngo umukunzi wagambiriye kuguca inyuma ube wabimubuza, ariko se uzi impamvu byibura umuntu afata umwanzuro wo guca inyuma uwo bakundana? Nubwo hari abantu bavuga ko guca inyuma umuntu bishobora kumubera karande ariko si…
Abakobwa: Ibintu bibi cyane bizakubaho niba ukunda kubenga
Ni kenshi mu rukundo habaho kubengana ndetse ugendeye ku bushakashatsi bwakozwe, bugaragaza ko umubare munini w’inkundo, abakobwa ari bo babenga abasore, bivuze ko abakundana benshi batandukana, abakobwa ari bo baba bateye intambwe ya mbere yo gutandukana, si kuri bose gusa…
Ibibazo 9 ukwiye kubaza umukunzi wawe mbere yo gufata umwanzuro wo gushyingiranwa na we
Abantu benshi usanga bakundana urukundo rukaryoha kugera ubwo bafata umwanzuro wo kubana ariko nyamara bataziranye bitewe nuko hari ibibazo batagiye babazanya ngo barusheho kumenyana bikaba biri no mu bishobora gutuma hari abagera mu rugo bakabaho batishimye cyangwa se bakanatandukana. Bimwe…
Joe Biden arashinjwa kugira uruhare mu ntsinzwi y’Abademokarate bari barangajwe imbere na Kamala Harris
Nancy Pelosi wahoze ari umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko y’Amerika, wo mu ishyaka ry’abademokarate, yavuze ko abademokarate bari kuba baritwaye neza mu matora yo ku wa kabiri iyo Perezida Joe Biden aza kuba yararetse kwiyamamaza hakiri kare cyane. Pelosi…
Uganda: Umunyarwandakazi Gloria Bugie yatawe muri yombi azira amashusho y’urukozasoni
Polisi ya Uganda yafunze Umunyarwandakazi Gloria Busingye wamamaye nka Gloria Bugie ukorera umuziki muri iki gihugu; biturutse ku mashusho ye aheruka kujya hanze, ariko ahita arekurwa atanze ingwate. Polisi y’iki gihugu yafunze uyu mukobwa ku wa Kabiri tariki 5 Ugushyingo,…
Miss Muheto yakatiwe
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Miss Nshuti Muheto Divine wabaye nyampinga w’u Rwanda mu 2022, ahamwa n’ibyaha byo gutwara ikinyabiziga wanyoye ibisindisha no gutwara ikinyabiziga utabifitiye uruhushya, rumuhanisha igihano cy’igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Urukiko kandi…
Imigi 12 ishaje kurusha iyindi yose ku isi
Umujyi wa Al Fayoum wo mu Misiri niwo mujyi umwe rukumbi uri ku rutonde rw’imijyi 10 ikuze kurusha iyindi ku Isi aho yiganjemo iyo mu bihugu by’u Burayi na Aziya. Isi imaze imyaka irenga Miliyari 4, aha ni ibintu byumvikana…
Ibyo Kevin Kade yaganiriye n’ibyamamare byo muri Uganda birimo Weasel
Umuhanzi Ngabo Richard wamamaye nka Kevin Kade yakoreye igitaramo cye cya mbere mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, cyaherekejwe n’ibiganiro yagiranye na mugenzi we Douglas Mayanja [Weasel] wamamamye mu itsinda rya Goodlyfe ryagize ibihe byiza kuva mu myaka 15 ishize….
Dore imyambaro 5 ukwiye kwambara mu gihe cy’ubukonje bwinshi
Uko ibihe bihinduka, ni na ko imyambaro abantu bambara ihinduka haba mu bukonje cyangwa mu gihe cy’ubushyuhe (impeshyi). Muri iyi minsi mu Rwanda hari ubukonje n’imvura aho bisaba ko abantu bahindura imyambarire, dore ko imyambaro yo mu mpeshyi itandukanye no…