Uwari wagizwe umuyobozi mushya wa Hezbollah nawe yishwe
Ministiri w’intebe wa Isiraheri Benjamin Netanyahu kuri uyu wa kabiri yatangaje ko igisirikali cya Isiraheli cyishe uwari umuyobozi mushya w’umutwe wa Hezbollah Hashem Safieddine wasimbuye Hassan Nasrallah, na we wishwe mu mpera z’ukwezi kwa Cyenda. Safieddine wari mubyara wa Nasrallah,…
Rigathi Gachagua wari Visi Perezida wa Kenya yegujwe n’inteko ishinga amategeko
Umutwe w’abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya, ku wa Kabiri watoye umwanzuro ushyigikira ko Visi-Perezida w’iki gihugu, Rigathi Gachagua yeguzwa. Ni umwanzuro washyigikiwe n’abadepite 282, mu gihe 44 bonyine ari bo bawurwanyije. Gachagua usanzwe ari Visi-Perezida wa Kenya kuva…
Virus ya Marburg imeze nka Ebola yageze mu Rwanda
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg. Mu itangazo yanyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Minisiteri y’ubuzima yavuze ko ibimenyetso by’iyo ndwara ari umuriro mwinshi, kuribwa umutwe bikabije,…
Akamaro gatangaje k’imbuto z’ipapayi benshi bajugunya
Mu gihe benshi iyo tumaze kurya ipapayi tutibuka kubika imbuto zaryo, nyamara burya imbuto z’ipapayi zifitiye akamaro kanini umubiri wacu. Gusa mu gihe ipapayi ubwaryo riryohera, ntugirengo kurya imbuto zaryo nabyo biraryohera ahubwo zo zifitemo akantu ko kurura no kuryaryata…
Menya impamvu nyakuri umugore utwite azana umurongo uhagaze ku nda
Ni kenshi ushobora Kubona iyi mirongo ihagaze kunda y’umugore utwite ukaba wagira impungenge, ahanini kuko uba utazi icyabiteye. Gusa ni ikintu gikunda kugaragara ku bagore benshi batwite cyane cyane ku bafite inda zitangiye gukura. Iyi mirongo rero mu by’ukuri ntabwo…
KNC yijeje abafana ba APR FC kubahoxs amarira batewe n’abafana ba Rayon Sports
Perezida wa Gasogo United Kakooza Nkuliza Charles yatumiye abafana ba APR FC kuzaza ku mukino ikipe ye izakiramo Rayon Sports maze akabahoza amarira abafana ba Rayon Sports babateye bafana Pyramids. Ni umukino uzaba ku wa gatandatu tariki 21 Nzeri 2024,…
Abahoze bayobora Rayon Sports bakoze inama mu gihe iyi kipe iri mu mahina
Abahoze bayobora ikipe ya Rayon Sports bahuye bafata umwanzuro wo kongera kuba inyuma y’ikipe yabo , ikomeje kuvugwamo ibibazo byamikoro make. Muvunyi Paul, Dr. Rwagacondo Emile, Ruhamyambuga Paul na Gacinya Chance Denis bari mubahuriye mu nama yabereye i Rebero i…
Umutwe wa CODECO urashinjwa kwica abaturage 10 mu burasirazuba bwa Congo
Umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukomeje guhitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa kabiri washinjijwe guhitana ubuzima bw’abasivili 10 mu gitero wagabye mu mudugudu umwe wo mu Ntara ya Ituri. Umuyobozi w’umudugudu…
Benshi bayakora batabizi: Amakosa 5 yangiza urukundo rugasenyuka rutamaze kabiri
Mu rukundo hari amakosa umuntu akora atabizi ndetse bikaba byagira uruhare runini mu mibanire mibi n’umukunzi we cyangwa se bigasenya urukundo rwabo. Dore amakosa 5 abantu bakora mu rukundo batabizi ko arwangiza ntirurambe: 1. Umwikururaho Kwikurura ku mukunzi wawe cyane…
Abakobwa: Dore Ubuntu 6 bizakubaho niba ukunda kubenga abasore
Ni kenshi mu rukundo habaho kubengana ndetse ugendeye ku bushakashatsi bwakozwe, bugaragaza ko umubare munini w’inkundo, abakobwa ari bo babenga abasore, bivuze ko abakundana benshi batandukana, abakobwa ari bo baba bateye intambwe ya mbere yo gutandukana, si kuri bose gusa…