Latest post

Abasirikare batatu b’u Rwanda baguye ku rugamba batandatu barakomereka nyuma yo kugwa muri Ambush batezwe n’umwanzi

Share this:

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko abasirikare batatu bacyo bari mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, baguye mu gico batezwe n’ibyihebe, abandi batandatu bagakomereka. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bwa RDF rivuga ko icyo gitero…

Share this:
Posted on

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi arashaka kuza mu Rwanda ngo asabe imbabazi mu ibanga rikomeye!

Share this:

Mu gihe umwuka ukomeje kuba mubi hagati y’u Rwanda n’u Burundi, amakuru yizewe agera ku bitangazamakuru atangaza ko Perezida Evariste Ndayishimiye ashobora kuza mu Rwanda mu ibanga rikomeye, agamije gusaba imbabazi no gutangira inzira nshya y’ubwiyunge hagati y’ibihugu byombi.  Ibi…

Share this:
Posted on

Perezida Tshisekedi yahakanye ibyo kugurisha amabuye y’agaciro ya Congo ku Banyamerika

Share this:

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yanyomoje amakuru amushinja kugurisha umutungo kamere w’igihugu cye ku nyungu z’Amerika, avuga ko ayo makuru ari ibinyoma bigamije guca igikuba ku bufatanye bushya buri kugeragezwa hagati y’igihugu cye na Leta Zunze…

Share this:
Posted on

Bihinduye isura: AFC/M23 ifashe akandi gace kuzuyemo amabuye y’agaciro

Share this:

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwagura ibikorwa byaryo bya gisirikare mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Kabiri ryigaruriye agace ka Luciga, gaherereye muri Chefferie ya Luhwinja, Teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iyi…

Share this:
Posted on

Umugore ubyara abazwe ni incuro zingahe atagomba kurenza? Ese iyo azirengeje bigenda gute? Sobanukirwa

Share this:

Ni inshuro zingahe umugore ashobora kubagwa abyara? Iki ni ikibazo gikunze kubazwa n’ababyeyi benshi, cyane cyane iyo muganga avuze ko hakenewe kubyara biciye mu buryo bwo kubagwa buzwi nka “césarienne”, cyane ku bagore bifuza kubyara abandi bana mu gihe kizaza….

Share this:
Posted on

RIP Murihano David: Abantu batatu bo mu muryango umwe bishwe barashwe bizamura umujinya wa benshi

Share this:

Mu mpera z’icyumweru gishize, abantu batatu bo mu muryango umwe batuye mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishwe barashwe n’abantu bataramenyekana, mu gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi. Nk’uko byemezwa n’amakuru atandukanye,…

Share this:
Posted on

Amerika igiye kubyaza umusaruro amahirwe yiteshejwe n’Ubwongereza ku Rwanda

Share this:

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni ingingo yagarutseho kuri iki Cyumweru mu kiganiro Inkuru mu Makuru cya RBA. Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko…

Share this:
Posted on

Mu mafoto irebere uburanga bwa Umutoni Nadia wigaruriye umutima wa Niyomugabo Claude Kapiteni wa APR FC

Share this:

Ni inshuro nyinshi tubona abakinnyi b’umupira wa maguru cyane cyane abo ku mugabane w’iburayi bazana abakunzi babo ku bibuga ndetse baba batsinze bagafatanya kwishimira intsinzi ari nako babatera ingabo mu bitugu iyo bitagenze neza. Kuri ubu no mu Rwanda uyu…

Share this:
Posted on

Kenya: Perizida Ruto yatewe urukweto n’umwe mu baturage yagezagaho ijambo

Share this:

Polisi ya Kenya iri guhata ibibazo abantu batatu nyuma y’ibyabaye aho umugabo yateye urukweto Perezida William Ruto mu Kuria y’Uburengerazuba, mu Ntara ya Migori. Ibi byabaye ubwo Ruto yagezaga ijambo ku baturage bo mu gace ka Kehancha kuri iki Cyumweru…

Share this:
Posted on

Umusore yahaye itike umukobwa yateye inda ngo aze bahangane mbere y’uko arongora undi mukobwa ibyamubayeho biratangaje

Share this:

Ubukwe bwagombaga kuba intangiriro y’urugendo rushya rw’urukundo ku munsi wo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi 2025 mu Karere ka Rubavu, bwabaye intandaro y’impaka ndende no gushyamirana hagati y’uwari ugiye kurushinga n’umugore bahoze babana. Nyirabahizi Esther, umugore ukomoka mu Karere…

Share this:
Posted on